Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yasabye Urubyiruko Kudapfusha Ubusa Ubuto Bwaryo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Yasabye Urubyiruko Kudapfusha Ubusa Ubuto Bwaryo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 May 2024 1:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yabwiye urubyiruko ruhagariye urundi rwari ruteraniye muri BK Arena ko ubuto bwarwo ari umutungo w’agaciro, ko badakwiye kubupfusha ubusa.

Ni mu kiganiro kitwa Meet The President kiganirirwamo uko igihugu gihagaze mu byo guteza imbere urubyiruko no kureba aho rugifite inzitizi ngo zikurweho.

Mu gihe gishize nabwo Perezida Kagame yari yahuye n’urubyiruko rumugezaho ibibazo rufite bijyanye no guhanga akazi mu buryo bw’ikoranabuhanga ndetse no mu zindi nzego zireba iterambere ryarwo.

Umubare munini w’Abanyarwanda ni abatararenza imyaka 40 y’amavuko, kandi abo bose bakeneye imirimo no kubaho neza kugira ngo bazagirire igihugu akamaro.

Icyakora bamwe muri bo byangijwe n’ibiyobyabwenge.

Hari n’abatabona imirimo kubera kudahabwa inguzanyo ngo bayihange, abandi bagacikiriza amashuri kubera kubura ubwishyu.

Kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi nayo ni ingingo urubyiruko rukunze gusabwa guhangana nayo kuko iteza umwiryane mu Banyarwanda.

Ibyo byose hamwe n’ibindi, biri mu byo bari buganireho na Perezida Kagame

TAGGED:featuredKagameUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuhinde: Abaturage Bagiye Gutora Mu Bushyuhe Burenga 40C
Next Article Umugaba W’Ingabo Za Senegal Yaje Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?