Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yasabye Urubyiruko Kudapfusha Ubusa Ubuto Bwaryo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Yasabye Urubyiruko Kudapfusha Ubusa Ubuto Bwaryo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 May 2024 1:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yabwiye urubyiruko ruhagariye urundi rwari ruteraniye muri BK Arena ko ubuto bwarwo ari umutungo w’agaciro, ko badakwiye kubupfusha ubusa.

Ni mu kiganiro kitwa Meet The President kiganirirwamo uko igihugu gihagaze mu byo guteza imbere urubyiruko no kureba aho rugifite inzitizi ngo zikurweho.

Mu gihe gishize nabwo Perezida Kagame yari yahuye n’urubyiruko rumugezaho ibibazo rufite bijyanye no guhanga akazi mu buryo bw’ikoranabuhanga ndetse no mu zindi nzego zireba iterambere ryarwo.

Umubare munini w’Abanyarwanda ni abatararenza imyaka 40 y’amavuko, kandi abo bose bakeneye imirimo no kubaho neza kugira ngo bazagirire igihugu akamaro.

Icyakora bamwe muri bo byangijwe n’ibiyobyabwenge.

Hari n’abatabona imirimo kubera kudahabwa inguzanyo ngo bayihange, abandi bagacikiriza amashuri kubera kubura ubwishyu.

Kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi nayo ni ingingo urubyiruko rukunze gusabwa guhangana nayo kuko iteza umwiryane mu Banyarwanda.

Ibyo byose hamwe n’ibindi, biri mu byo bari buganireho na Perezida Kagame

TAGGED:featuredKagameUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuhinde: Abaturage Bagiye Gutora Mu Bushyuhe Burenga 40C
Next Article Umugaba W’Ingabo Za Senegal Yaje Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Ingabo Za Israel Zasanze Igitabo Cya Hitler Mu Biro Bya Hamas 

Rwanda: Abaturage Bagiye Kwegerezwa Ibigo Byigisha Ikoranabuhanga

Ingazi: Uburyo Bushya Bwa Leta Bwo Korohereza Urubyiruko Kubona Akazi

Nyakarundi Yaganirije Bagenzi Be Ba Somalia Na Qatar

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

Kenya: Batatu Mu Baje Gusezera Kuri Odinga Barasiwe Kuri Stade

Hamas Yavuze Ko Abo Yabonye Bose Yabashyikirije Israel

Faye Yahuye Na Kagame Ku Munsi Wa Kabiri W’Uruzinduko Rwe Mu Rwanda

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Abayobozi Ba Amerika Barisukiranya Muri Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Gasana Alfred Wari Ambasaderi Mu Buholandi Yagizwe Senateri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Amadini N'IyobokamanaAndi makuruMu Rwanda

RIB Yafunze Uwasabaga Abantu Kujyana Amafaranga Mu Rusengero Ngo Bakubirwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ubusugire Bw’Igihugu Bushingiye No Kubo Mufatanya- Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?