Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yitezweho Ingamba Nshya Kuri COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yitezweho Ingamba Nshya Kuri COVID-19

admin
Last updated: 14 April 2021 6:27 pm
admin
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yayoboye inama y’abaminisitiri yitezweho kwemeza ingamba nshya zo kurwanya icyorezo cya COVID-19, zisimbura izimaze ibyumweru bibiri zubahirizwa.

Ingamba zimaze iminsi zigenderwaho zemejwe na Guverinoma ku wa 29 Werurwe 2020, ubwo ingendo zasubukurwaga mu turere twa Bugesera, Nyanza na Gisagara.

Abaturage bo mu turere turere dutandatu two mu Ntara y’Amajyepfo twa Ruhango, Nyanza, Huye, Gisagara, Nyaruguru na Nyamagabe bo bategetswe ko bagomba kuba bari mu rugo hagati ya saa moya z’ijoro na saa kumi za mu gitondo.

Icyo gihe imodoka rusange zategetswe gutwara abagenzi 50% ugereranyije n’ubushobozi bwazo, bavuye kuri 75%.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iyi nama kandi iteranye mu gihe imirenge itandatu yo mu turere twa Huye, Gisagara na Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo iheruka gushyirwa muri Guma mu rugo y’ibyumweru bitatu, hagamijwe guhagarika ubwiyongere bukabije bw’ubwandu bwa COVID-19.

Iyo mirenge ni Ruhashya na Rwaniro yo mu Karere ka Huye, Gikonko, Kansi na Mamba yo mu Karere ka Gisagara n’Umurenge wa Ruramba wo mu Karere ka Nyaruguru.

Kugeza ubu abamaze gusangwamo COVID-19 mu Rwanda ni 23.603, abakize ni 90.6%.

Perezida Kagame mu nama y’abaminisitiri
TAGGED:COVID-19featuredPaul Kagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen. Sekamana Wayoboraga FERWAFA Yeguye
Next Article IGP Munyuza Yahaye Impanuro Abapolisi 320 Bagiye Mu Butumwa Bw’Amahoro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?