Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yitezweho Ingamba Nshya Kuri COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yitezweho Ingamba Nshya Kuri COVID-19

admin
Last updated: 14 April 2021 6:27 pm
admin
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yayoboye inama y’abaminisitiri yitezweho kwemeza ingamba nshya zo kurwanya icyorezo cya COVID-19, zisimbura izimaze ibyumweru bibiri zubahirizwa.

Ingamba zimaze iminsi zigenderwaho zemejwe na Guverinoma ku wa 29 Werurwe 2020, ubwo ingendo zasubukurwaga mu turere twa Bugesera, Nyanza na Gisagara.

Abaturage bo mu turere turere dutandatu two mu Ntara y’Amajyepfo twa Ruhango, Nyanza, Huye, Gisagara, Nyaruguru na Nyamagabe bo bategetswe ko bagomba kuba bari mu rugo hagati ya saa moya z’ijoro na saa kumi za mu gitondo.

Icyo gihe imodoka rusange zategetswe gutwara abagenzi 50% ugereranyije n’ubushobozi bwazo, bavuye kuri 75%.

Iyi nama kandi iteranye mu gihe imirenge itandatu yo mu turere twa Huye, Gisagara na Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo iheruka gushyirwa muri Guma mu rugo y’ibyumweru bitatu, hagamijwe guhagarika ubwiyongere bukabije bw’ubwandu bwa COVID-19.

Iyo mirenge ni Ruhashya na Rwaniro yo mu Karere ka Huye, Gikonko, Kansi na Mamba yo mu Karere ka Gisagara n’Umurenge wa Ruramba wo mu Karere ka Nyaruguru.

Kugeza ubu abamaze gusangwamo COVID-19 mu Rwanda ni 23.603, abakize ni 90.6%.

Perezida Kagame mu nama y’abaminisitiri
TAGGED:COVID-19featuredPaul Kagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen. Sekamana Wayoboraga FERWAFA Yeguye
Next Article IGP Munyuza Yahaye Impanuro Abapolisi 320 Bagiye Mu Butumwa Bw’Amahoro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?