Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yibutsa Abashoramari Mpuzamahanga Ko Afurika Ntacyo Ibuze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Yibutsa Abashoramari Mpuzamahanga Ko Afurika Ntacyo Ibuze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 November 2023 8:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yatahaga ku mugaragaro ikigo Norresken Kigali House kiri rwagati mu Mujyi wa Kigali, Perezida Kagame yavuze ko abashoramari mpuzamahanga badakwiye kumva ko hari aho bakwiye gushora gusa ahandi, harimo no muri Afurika, bakahrengagiza.

Yavuze ko Afurika ari umugabane ufite byose ngo ushorwemo imari kandi ubikoze  ntahombe.

Ati: “  Sinigeze numva impamvu hari ahantu haba buri kintu mu gihe hari ahandi byabuze. Abashoramari bakwiye kumva ko Afurika ari ahantu hafite buri kintu cyose n’ibindi bice by’isi bifite ndetse binisumbuyeho.”

Avuga ko kubireba abaturage, ari ngombwa ko abantu bose bumva ko bareshya kandi ko ari ko bimeze n’ahandi ku isi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Avuga ko hari ibindi bintu Afurika ifite, ishobora kubyaza umusaruro bityo ko abashoramari badakwiye kubona Afurika nk’isoko rinini gusa ahubwo ko ari n’ahantu hatuwe n’abantu bafite amahirwe n’uburyo byo kugera kuri byinshi.

Eugene Rwagasore afite ikoranabuhanga rikoresha ubwenge buhangano bufasha abantu gushyira amjwi mu butumwa bwanditse.

Avuga ko yakoze iriya gahunda kugira ngo afashe abaturaye Afurika bagera kuri 30% kugera ku bumenyi.

Umwe mu bakorera muri Norresken Kigali House witwa Eugene Rwagasore avuga ko ikigo yashinze yise Pendo kizafasha ba rwiyemezamirimo kugera ku bakiliya babo bose baba abazi cyangwa abatazi gusoma no kwandika.

Afite ikoranabuhanga rikoresha ubwenge buhangano bufasha abantu gushyira amajwi mu butumwa bwanditse.

- Advertisement -

Avuga ko yakoze iriya gahunda kugira ngo afashe abaturage Afurika bagera kuri 30% kugera ku bumenyi.

Yemeza ko  kizafasha ba rwiyemezamirimo kugera ku bakiliya babo bose baba abazi cyangwa abatazi gusoma no kwandika.

 Ikigo Norresken gikorerwamo imishinga ikoranabuhanga igera ku 1200, kubamo murandasi n’ibindi bintu bikenerwa n’umuntu uwo ari we wese uri mu bushakashatsi.

Cyashinzwe na Niklas Adalberth.

TAGGED:AfurikafeaturedIkoranabuhangaKagameNorresken
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burera: Bahawe Telefoni Za 4G Za Airtel Basabwa Kuzikoresha Biteza Imbere
Next Article Ingabo Z’Uburundi Zahakanye Iby’Uko Zifasha Abarwanya M23
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?