Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yibutsa Abashoramari Mpuzamahanga Ko Afurika Ntacyo Ibuze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Yibutsa Abashoramari Mpuzamahanga Ko Afurika Ntacyo Ibuze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 November 2023 8:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yatahaga ku mugaragaro ikigo Norresken Kigali House kiri rwagati mu Mujyi wa Kigali, Perezida Kagame yavuze ko abashoramari mpuzamahanga badakwiye kumva ko hari aho bakwiye gushora gusa ahandi, harimo no muri Afurika, bakahrengagiza.

Yavuze ko Afurika ari umugabane ufite byose ngo ushorwemo imari kandi ubikoze  ntahombe.

Ati: “  Sinigeze numva impamvu hari ahantu haba buri kintu mu gihe hari ahandi byabuze. Abashoramari bakwiye kumva ko Afurika ari ahantu hafite buri kintu cyose n’ibindi bice by’isi bifite ndetse binisumbuyeho.”

Avuga ko kubireba abaturage, ari ngombwa ko abantu bose bumva ko bareshya kandi ko ari ko bimeze n’ahandi ku isi.

Avuga ko hari ibindi bintu Afurika ifite, ishobora kubyaza umusaruro bityo ko abashoramari badakwiye kubona Afurika nk’isoko rinini gusa ahubwo ko ari n’ahantu hatuwe n’abantu bafite amahirwe n’uburyo byo kugera kuri byinshi.

Eugene Rwagasore afite ikoranabuhanga rikoresha ubwenge buhangano bufasha abantu gushyira amjwi mu butumwa bwanditse.

Avuga ko yakoze iriya gahunda kugira ngo afashe abaturaye Afurika bagera kuri 30% kugera ku bumenyi.

Umwe mu bakorera muri Norresken Kigali House witwa Eugene Rwagasore avuga ko ikigo yashinze yise Pendo kizafasha ba rwiyemezamirimo kugera ku bakiliya babo bose baba abazi cyangwa abatazi gusoma no kwandika.

Afite ikoranabuhanga rikoresha ubwenge buhangano bufasha abantu gushyira amajwi mu butumwa bwanditse.

Avuga ko yakoze iriya gahunda kugira ngo afashe abaturage Afurika bagera kuri 30% kugera ku bumenyi.

Yemeza ko  kizafasha ba rwiyemezamirimo kugera ku bakiliya babo bose baba abazi cyangwa abatazi gusoma no kwandika.

 Ikigo Norresken gikorerwamo imishinga ikoranabuhanga igera ku 1200, kubamo murandasi n’ibindi bintu bikenerwa n’umuntu uwo ari we wese uri mu bushakashatsi.

Cyashinzwe na Niklas Adalberth.

TAGGED:AfurikafeaturedIkoranabuhangaKagameNorresken
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burera: Bahawe Telefoni Za 4G Za Airtel Basabwa Kuzikoresha Biteza Imbere
Next Article Ingabo Z’Uburundi Zahakanye Iby’Uko Zifasha Abarwanya M23
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?