Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yifurije Abagore Umunsi Mwiza W’Ababyeyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Yifurije Abagore Umunsi Mwiza W’Ababyeyi

Last updated: 09 May 2021 6:26 pm
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yifurije abagore umunsi mwiza w’ababyeyi, wizihijwe kuri iki Cyumweru tariki 9 Gicurasi.

Uyu munsi wizihizwa ku Cyumweru cya kabiri cy’ukwezi kwa Gicurasi. Igitekerezo cyawo cyatangiriye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ahagana mu mwaka wa 1907, ubwo umugore witwaga Anna Jarvis yakoraga ibirori byo kwibuka nyina, hari ku wa 12 Gicurasi.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Perezida Kagame yifurije umunsi mwiza buri mugore ufite abamwita mama.

Yagize ati “Ku babyeyi bose / nyina wa buri wese, umunsi mwiza w’ababyeyi. Turabishimiye.”

To ALL mothers/every one's mother a very Happy Mother's Day. We celebrate YOU.

— Paul Kagame (@PaulKagame) May 9, 2021

Jeannette Kagame na we yaje kwifashisha Twitter agenera ubutumwa ababyeyi bagenzi be, abifuriza umunsi mwiza.

Yagize ati “Babyeyi, umutima unyuzwe n’ishema dukura mu kwita ku bacu, udutere kuzirikana ko ntawigira kandi ko kugira uwo uganirira, akagufasha kuruhuka, atari ubugwari. Natwe twakwikunda, tukiyitaho ndetse buri wese agahinduka uwita kuri mugenzi we, aho agize intege nke.”

Umunsi Mwiza! pic.twitter.com/Q6SkMQMSrf

— First Lady of Rwanda (@FirstLadyRwanda) May 9, 2021

Ange Kagame na we yaje kwandika ubutumwa yifuriza umunsi mwiza umubyeyi we. Yabuherekeresheje ifoto ya Jeannette Kagame ateruye umwuzukuru we.

Happy Mother’s Day to my rock❤️ pic.twitter.com/UX9SUgDEHI

— AIKN (@AngeKagame) May 9, 2021
TAGGED:featuredPaul KagameUmubyeyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Cristian Rodriguez Yegukanye Tour Du Rwanda 2021 (Amafoto)
Next Article Perezida Salva Kiir Yasheshe Inteko Ishinga Amategeko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?