Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame yifurije Macron gusubira mu mirimo amahoro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame yifurije Macron gusubira mu mirimo amahoro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2020 6:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yifurije mugenzi we w’u Bufaransa Emmanuel Macron uherutse kwandura COVID-19 kugira imbaraga agasubira mu mirimo ye neza kandi akazishimana n’umuryango mu  mpera z’uyu mwaka.

Kuri Twitter Perezida Kagame yanditse ko abikuye ku mutima yifuriza Perezida Emmanuel Macron kugarura agatege akazizihiza iminsi mikuru ameze neza nk’abandi.

Tariki 17, Ukuboza, 2020 nibwo Ibiro bya Perezida w’u Bufaransa byatangaje ko Emmanuel Macron yanduye icyorezo cya COVID-19.

Icyo gihe  Champs Elysée yatangaje ko Perezida Emmanuel Macron yapimwe kiriya cyorezo nyuma yo kugaragaza bimwe mu bimenyetso byacyo.

Yahise yishyira mu kato, iwe akaba aba ari ho akomereza  gukorera imirimo yo kuyobora igihugu.

Icyo gihe byateganywaga ko azahamara iminsi irindwi.

Perezida Emmanuel Macron afite imyaka 43 y’amavuko, umugore we witwa Brigitte Marie-Claude Macron afite imyaka 67 y’amavuko.

Mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame yamwifurije kungera kugira imbaraga agasubira mu mirimo ye ndetse akishimira  iminsi mikuru  we n’umuryango we.

TAGGED:COVID-19featuredKagameMacronRwandau Bufaransa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amayeri mashya ya Kabila yo gukoma mu nkokora Tshisekedi
Next Article Bruce Melodie agiye gusohora IKINYAFU
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?