Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame yifurije Macron gusubira mu mirimo amahoro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame yifurije Macron gusubira mu mirimo amahoro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2020 6:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yifurije mugenzi we w’u Bufaransa Emmanuel Macron uherutse kwandura COVID-19 kugira imbaraga agasubira mu mirimo ye neza kandi akazishimana n’umuryango mu  mpera z’uyu mwaka.

Kuri Twitter Perezida Kagame yanditse ko abikuye ku mutima yifuriza Perezida Emmanuel Macron kugarura agatege akazizihiza iminsi mikuru ameze neza nk’abandi.

Tariki 17, Ukuboza, 2020 nibwo Ibiro bya Perezida w’u Bufaransa byatangaje ko Emmanuel Macron yanduye icyorezo cya COVID-19.

Icyo gihe  Champs Elysée yatangaje ko Perezida Emmanuel Macron yapimwe kiriya cyorezo nyuma yo kugaragaza bimwe mu bimenyetso byacyo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yahise yishyira mu kato, iwe akaba aba ari ho akomereza  gukorera imirimo yo kuyobora igihugu.

Icyo gihe byateganywaga ko azahamara iminsi irindwi.

Perezida Emmanuel Macron afite imyaka 43 y’amavuko, umugore we witwa Brigitte Marie-Claude Macron afite imyaka 67 y’amavuko.

Mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame yamwifurije kungera kugira imbaraga agasubira mu mirimo ye ndetse akishimira  iminsi mikuru  we n’umuryango we.

TAGGED:COVID-19featuredKagameMacronRwandau Bufaransa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amayeri mashya ya Kabila yo gukoma mu nkokora Tshisekedi
Next Article Bruce Melodie agiye gusohora IKINYAFU
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?