Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame yifurije Perezida Kaboré imirimo myiza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame yifurije Perezida Kaboré imirimo myiza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 December 2020 1:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yifurije  Roch Marc Christian Kaboré  uherutse gutsindira kongera kuyobora Burkina Faso kuzagira akazi keza.

Perezida Kaboré  yatangiye kuyobora Burkina Faso mu Ugushyingo, 2015 nyuma y’uko Blaise Compaoré yamaganywe n’abaturage  bafatanyije n’abasirikare.

Icyo gihe yatsinze uwo bari bahanganye witwa Zephirin Diabré. Icyo gihe yashyizeho Minisiitiri w’Intebe witwa Paul Kaba Thieba usanzwe ari umuhanga mu by’ubukungu.

Yakomeje kuyobora Burkina Faso ndetse abihuza no kuyobora Minisiteri y’ingabo n’ayabahoze ku rugerero.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Roch Marc Christian Kaboré  w’imyaka 63 y’amavuko asanzwe ayobora ishyaka ryitwa People’s Movement for Progress akaba aherutse gutsindira indi manda y’imyaka itanu ku majwi 57.87% nk’uko byatangajwe na Perezida wa Komisiyo y’Amatora muri Burkina Faso, Bwana Newton Ahmed Barry.

Roch Marc Christian Kaboré uherutse gutsindira kongera kuyobora Burkina Faso
TAGGED:AmatoraBurkina FasofeaturedKaboreKagameKomisiyoRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ruhango: Bashyinguye imibiri y’Abatutsi bazize Jenoside
Next Article Burundi: Perezida Ndayishimiye yatashye inyubako za Eglise Méthodiste Libre
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?