Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yijeje Perezida Mushya Wa Senegal Gukomeza Imikoranire
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yijeje Perezida Mushya Wa Senegal Gukomeza Imikoranire

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 March 2024 8:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu butumwa yatanze nyuma y’uko bimaze kwemeza bidasubirwaho ko Diomaye Faye ari we watorewe kuyobora Senegal, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yamwijeje imikoranire irambye.

Kagame yabwiye Faye ko ibihugu byombi byari bisanzwe ari inshuti kandi ko ubwo bucuti buzakomeza no mu gihe azaba ari we uyoboye Senegal.

Umubano w’u Rwanda na Senegal ni mwiza kandi bimaze igihe.

Ubwo iki gihugu cyategekwaga na Macky Sall, Perezida Kagame yaragisuye kandi na Sall nawe yaje mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi inshuro nyinshi.

Ubwo Perezida Kagame yarahiriraga manda iri hafi kurangira, hari mu mwaka wa 2017, Macky Sall ari mu bakuru b’ibihugu baje mu Rwanda.

Senegal n’u Rwanda kandi bisanzwe bikorana mu gutuma muri Afurika hashyirwa ibigo bikora inkingo.

Mu Rwanda ikigo nk’iki cyatangiye gukora kandi no muri Senegal uwo mushinga urahari.

Ni umushinga uzagera no muri Ghana.

TAGGED:FayefeaturedKagameRwandaSenegalUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guverinoma Yashyizeho Uburyo Bwo Kurinda Ubuhinzi Kwibasirwa N’Ibiza- PM Ngirente
Next Article Dr. Rutunga Ukekwaho Jenoside Muri ISAR Rubona Yasabiwe Gufungwa Burundu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kirehe: Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?