Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yijeje Perezida Mushya Wa Senegal Gukomeza Imikoranire
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yijeje Perezida Mushya Wa Senegal Gukomeza Imikoranire

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 March 2024 8:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu butumwa yatanze nyuma y’uko bimaze kwemeza bidasubirwaho ko Diomaye Faye ari we watorewe kuyobora Senegal, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yamwijeje imikoranire irambye.

Kagame yabwiye Faye ko ibihugu byombi byari bisanzwe ari inshuti kandi ko ubwo bucuti buzakomeza no mu gihe azaba ari we uyoboye Senegal.

Umubano w’u Rwanda na Senegal ni mwiza kandi bimaze igihe.

Ubwo iki gihugu cyategekwaga na Macky Sall, Perezida Kagame yaragisuye kandi na Sall nawe yaje mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi inshuro nyinshi.

Ubwo Perezida Kagame yarahiriraga manda iri hafi kurangira, hari mu mwaka wa 2017, Macky Sall ari mu bakuru b’ibihugu baje mu Rwanda.

Senegal n’u Rwanda kandi bisanzwe bikorana mu gutuma muri Afurika hashyirwa ibigo bikora inkingo.

Mu Rwanda ikigo nk’iki cyatangiye gukora kandi no muri Senegal uwo mushinga urahari.

Ni umushinga uzagera no muri Ghana.

TAGGED:FayefeaturedKagameRwandaSenegalUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guverinoma Yashyizeho Uburyo Bwo Kurinda Ubuhinzi Kwibasirwa N’Ibiza- PM Ngirente
Next Article Dr. Rutunga Ukekwaho Jenoside Muri ISAR Rubona Yasabiwe Gufungwa Burundu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?