Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kale Kayihura Ati: “ Kubera Iki Musanze Iruta Kisoro”
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kale Kayihura Ati: “ Kubera Iki Musanze Iruta Kisoro”

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2024 7:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Gen( Rtd) Kale Kayihura wigeze kuba Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda aherutse kubwira abaturage ba Kisoro mu gihugu cye ko bakwiye kwigira ku Rwanda bakubaka igihugu cyabo.

Yatanze urugero rw’uko aherutse i Musanze ubwo yari aje mu bukwe bw’umwe mu bana we washakanye n’umwana na CG(Rtd) Emmanuel Gasana, yasanze Akarere ka Musanze karateye imbere kurusha Kisoro kandi iyi yarahoze iri munsi ya Musanze.

Kayihura yabwiye abo baturage ko kimwe mu bishoboka ko byateje imbere u Rwanda na Musanze by’umwihariko ari ugukora umuganda no guhana umubyizi.

Yagize ati: “ …Guhana umubyizi no guhana umuganda…Hakurya hariya barabikoresha kandi babikoresha neza cyane….Wabagaya mu bindi ariko bariyubatse. Ejo bundi tujya mu bushyitsi i Kigali nanyuze hariya i Musanze kuko twagiye n’imodoka. Nari maze nk’imyaka ntajyayo.”

Kale Kayihura avuga ko icyo yabonye i Musanze ari uko hateye imbere ndetse haca kuri Kisoro kandi yarahoze iyiruta.

Umujyi wa Musanze

Avuga ko mu myaka mike yaherukaga yo, icyo gihe Kisoro yarutaga Musanze ariko ngo yasanze byarahindutse cyane.

Ati: “ Ariko ubu ngubu iraturuta inshuro 10, kandi rwose sinumva ukuntu ibyo byashobotse!”

Uyu musirikare mukuru yabajije abacuruzi bo muri Kisoro impamvu Musanze iruta Kisoro kandi byose bikaba babireba.

Yibaza impamvu bigenda gutyo kandi bose bajya mu Rwanda bakareba ibihakorerwa bo ntibabikore.

Kale Kayihura abaza akomeje impamvu Musanze iruta Kisoro ya Uganda.

Gen Kale Kayihura speaks to the pple of #Kisoro 🇺🇬 about #Umuganda and its great usefulness in🇷🇼. He also said how shocked he was to see that the development of #Musanze district is greater than that of #Kisoro, even though #Kisoro used to be more advanced than it!#Rwandaworks pic.twitter.com/9T2GfXYcPd

— Michaela Agasaro (@MichaelaAgasaro) January 22, 2024

TAGGED:IterambereKaleKayihuraMusanzeRwandaUmuganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda Rwikomye Ndayishimiye Ushaka Kuzana Amacakubiri Mu Banyarwanda
Next Article Umugaba W’Ingabo Za Mozambique Yaganiriye n’Abayobozi Ba RDF
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?