Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamonyi: Polisi Yasanze Afite Umurima W’Urumogi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Kamonyi: Polisi Yasanze Afite Umurima W’Urumogi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 March 2025 7:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Emmanuel Hitimana wo mu Mudugudu wa Kabere, Akagari ka Nyagishubi, Umurenge wa Nyarubaka, Akarere ka Kamonyi yafashwe nyuma y’uko inzego zisanze iwe hahinze urumogi.

Abaturanyi be bavuga ko batunguwe no kubona abapolisi baje kwa Hitimana bakamufunga.

Baje kureba icyabaye basanga iwe hahinze urumogi, ikiyobyabwenge kitemwe mu Rwanda.

Unwe muri abo baturage yabwiye UMUSEKE ko Polisi yageze mu rugo rw’uwo mugabo isanga hareze urumogi rutohagiye, ihita imufunga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kugira ngo bimenyekanye, byatewe n’uko bamwe mu nshuti za Emmanuel Hitimana bari basanzwe bazi ko ahinga urwo rumogi babibwiye Polisi.

Gitifu w’Umurenge wa Nyarubaka aho byabereye avuga ko we iby’uko uwo mugabo yafatanywe umurima iwe atari abizi!

Impamvu atabimenye ngo ni uko biba atari ari ku Murenge…

Gitifu Mpozenzi Mbonigaba Providence ati: “Ntabwo ndi ku Murenge kuko nari mu nama, ariko ndaza kubikurikirana.”

Ukurikiranyweho urwo rumogi yahise ajya gufungirwa kuri Sitasiyo ya Polisi iherereye mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga.

- Advertisement -
TAGGED:GitifuKamonyiPolisiUmuturageUrumogi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Canada Yakijije Abayituye Igakenesha Aba DRC
Next Article Irushanwa Rya Memorial Kayumba Ryagarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?