Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamonyi: Polisi Yasanze Afite Umurima W’Urumogi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Kamonyi: Polisi Yasanze Afite Umurima W’Urumogi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 March 2025 7:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Emmanuel Hitimana wo mu Mudugudu wa Kabere, Akagari ka Nyagishubi, Umurenge wa Nyarubaka, Akarere ka Kamonyi yafashwe nyuma y’uko inzego zisanze iwe hahinze urumogi.

Abaturanyi be bavuga ko batunguwe no kubona abapolisi baje kwa Hitimana bakamufunga.

Baje kureba icyabaye basanga iwe hahinze urumogi, ikiyobyabwenge kitemwe mu Rwanda.

Unwe muri abo baturage yabwiye UMUSEKE ko Polisi yageze mu rugo rw’uwo mugabo isanga hareze urumogi rutohagiye, ihita imufunga.

Kugira ngo bimenyekanye, byatewe n’uko bamwe mu nshuti za Emmanuel Hitimana bari basanzwe bazi ko ahinga urwo rumogi babibwiye Polisi.

Gitifu w’Umurenge wa Nyarubaka aho byabereye avuga ko we iby’uko uwo mugabo yafatanywe umurima iwe atari abizi!

Impamvu atabimenye ngo ni uko biba atari ari ku Murenge…

Gitifu Mpozenzi Mbonigaba Providence ati: “Ntabwo ndi ku Murenge kuko nari mu nama, ariko ndaza kubikurikirana.”

Ukurikiranyweho urwo rumogi yahise ajya gufungirwa kuri Sitasiyo ya Polisi iherereye mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga.

TAGGED:GitifuKamonyiPolisiUmuturageUrumogi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Canada Yakijije Abayituye Igakenesha Aba DRC
Next Article Irushanwa Rya Memorial Kayumba Ryagarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?