Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kamonyi: Umwe Mu Bagwiriwe Mu Kirombe Yapfiriye Kwa Muganga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kamonyi: Umwe Mu Bagwiriwe Mu Kirombe Yapfiriye Kwa Muganga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 April 2024 11:02 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe muri batatu bari baheze mu kirombe cyo mu Murenge wa Rukoma mu Karere ka Kamonyi witwa Evariste Bucyanayandi yakuwemo agihumeka ariko aza kugwa ku bitaro bya Rukoma.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere nibwo yakuwemo agihumeka ariko yanegekaye amaguru.

Yajyanywe kwa muganga ariko aza kuhagwa nyuma y’igihe gito.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rukoma witwa Innocent Mandela niwe wabitangarije itangazamakuru.

Abandi bantu babiri baracyashakishwa ngo harebwe niba bakiriho cyangwa batabarutse.

We na bagenzi be uko ari babiri baguye muri iki kirombe ubwo bari bagiye mu kazi.

Bakoreraga ikigo gicukura amabuye y’agaciro mu buryo bukurikije amategeko ariko amakuru avuga ko ubwo bajyaga kureba abo ari bo n’aho bakomoka batabasanganye ibya ngombwa ko hamenyekane aho bakomoka.

Ifoto@UMUSEKE.RW

TAGGED:AbaturagefeaturedIkirombeKamonyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugaba W’Ingabo Z’u Rwanda Yagiye Gutsura Umubano N’Iza Jordan
Next Article Abanyeshuri Muri Kaminuza Za Amerika Mu Myigaragambyo Yamagana Israel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?