Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kampala: Murandasi yagarutse, hitezwe ‘kuba akantu’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kampala: Murandasi yagarutse, hitezwe ‘kuba akantu’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 January 2021 12:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuturage w’i Kampala yabwiye Taarifa ko hashize iminota mike Ikigo cy’igihugu gishinzwe itumanano Uganda Communications Commission(UCC) yongeye kurekura murandasi.

Yatubwiye ko abantu bishimye ariko hari impungenge ko hari abaturage bari butangire imyigaragambyo niharamuka habonetse amafoto n’amakuru avuga ko hari amajwi Bobi Wine yibwe.

Ati: “ Kugeza ubu ntituramenya uko ahandi byagenje ariko twizeye ko mu gihe kitarambiranye hari video zishobora kuza gucicikana zerekana uko amajwi yibwe bikaba byazamura umwuka mubi mu baturage.”

Yatubwiye ko abantu bategereje uko ibintu biri bugende.

Ikindi kandi ni uko hari abapolisi benshi boherejwe mu bice bya Uganda na Kampala by’umwihariko bakaba bari gukurikirana uko ibintu bimeze biteguye kugira icyo bakora.

Yagize ati: “ Ndi kureba nkabona abantu benshi bambaye impuzankano  bityo rero biragaragaza ko hari ikintu abantu biteguye ko cyaba.”

Nyuma y’amatora gato,  Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine yavuze ko ubwo murandasi izaba isubiyeho aribwo abantu bazamenya amakuru y’ibyabaye byose ndetse akemeza ko hatazabura ibyerekana ko yibwe.

TAGGED:BobifeaturedKampalaMurandasiUgandaWine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Beautiful RWANDA Visit Karongi || Lake Kivu
Next Article Hari Ibigo bya Leta ‘Binengwa Kwimana Amakuru’ Kandi Bibisabwa N’Itegeko: BNR, MINICOM, RDB…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?