Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kampala: Murandasi yagarutse, hitezwe ‘kuba akantu’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kampala: Murandasi yagarutse, hitezwe ‘kuba akantu’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 January 2021 12:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuturage w’i Kampala yabwiye Taarifa ko hashize iminota mike Ikigo cy’igihugu gishinzwe itumanano Uganda Communications Commission(UCC) yongeye kurekura murandasi.

Yatubwiye ko abantu bishimye ariko hari impungenge ko hari abaturage bari butangire imyigaragambyo niharamuka habonetse amafoto n’amakuru avuga ko hari amajwi Bobi Wine yibwe.

Ati: “ Kugeza ubu ntituramenya uko ahandi byagenje ariko twizeye ko mu gihe kitarambiranye hari video zishobora kuza gucicikana zerekana uko amajwi yibwe bikaba byazamura umwuka mubi mu baturage.”

Yatubwiye ko abantu bategereje uko ibintu biri bugende.

Ikindi kandi ni uko hari abapolisi benshi boherejwe mu bice bya Uganda na Kampala by’umwihariko bakaba bari gukurikirana uko ibintu bimeze biteguye kugira icyo bakora.

Yagize ati: “ Ndi kureba nkabona abantu benshi bambaye impuzankano  bityo rero biragaragaza ko hari ikintu abantu biteguye ko cyaba.”

Nyuma y’amatora gato,  Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine yavuze ko ubwo murandasi izaba isubiyeho aribwo abantu bazamenya amakuru y’ibyabaye byose ndetse akemeza ko hatazabura ibyerekana ko yibwe.

TAGGED:BobifeaturedKampalaMurandasiUgandaWine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Beautiful RWANDA Visit Karongi || Lake Kivu
Next Article Hari Ibigo bya Leta ‘Binengwa Kwimana Amakuru’ Kandi Bibisabwa N’Itegeko: BNR, MINICOM, RDB…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?