Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kampala: Murandasi yagarutse, hitezwe ‘kuba akantu’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kampala: Murandasi yagarutse, hitezwe ‘kuba akantu’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 January 2021 12:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuturage w’i Kampala yabwiye Taarifa ko hashize iminota mike Ikigo cy’igihugu gishinzwe itumanano Uganda Communications Commission(UCC) yongeye kurekura murandasi.

Yatubwiye ko abantu bishimye ariko hari impungenge ko hari abaturage bari butangire imyigaragambyo niharamuka habonetse amafoto n’amakuru avuga ko hari amajwi Bobi Wine yibwe.

Ati: “ Kugeza ubu ntituramenya uko ahandi byagenje ariko twizeye ko mu gihe kitarambiranye hari video zishobora kuza gucicikana zerekana uko amajwi yibwe bikaba byazamura umwuka mubi mu baturage.”

Yatubwiye ko abantu bategereje uko ibintu biri bugende.

Ikindi kandi ni uko hari abapolisi benshi boherejwe mu bice bya Uganda na Kampala by’umwihariko bakaba bari gukurikirana uko ibintu bimeze biteguye kugira icyo bakora.

Yagize ati: “ Ndi kureba nkabona abantu benshi bambaye impuzankano  bityo rero biragaragaza ko hari ikintu abantu biteguye ko cyaba.”

Nyuma y’amatora gato,  Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine yavuze ko ubwo murandasi izaba isubiyeho aribwo abantu bazamenya amakuru y’ibyabaye byose ndetse akemeza ko hatazabura ibyerekana ko yibwe.

TAGGED:BobifeaturedKampalaMurandasiUgandaWine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Beautiful RWANDA Visit Karongi || Lake Kivu
Next Article Hari Ibigo bya Leta ‘Binengwa Kwimana Amakuru’ Kandi Bibisabwa N’Itegeko: BNR, MINICOM, RDB…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?