Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Karongi: Kagame Yijeje Abaturage Ko FPR Igiye Kwihutisha Umuhanda Ubahuza Na Muhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Karongi: Kagame Yijeje Abaturage Ko FPR Igiye Kwihutisha Umuhanda Ubahuza Na Muhanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 July 2024 9:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukandida wa FPR Inkotanyi yabwiye abaturage bari baje mu Kagari ka Mbonwa mu Murenge wa Rubengera kumva aho yiyamamazaga ko abashinzwe kubaka umuhanda wa Karongi-Ngorerero-Muhanga bagomba kuwubaka vuba.

Kagame yavuze ko uriya muhanda niwuzura uzarushaho kuzamura ubukerarugendo bw’abagana ikiyaga cya Kivu

Kagame avuga ko hari aho yiyamamarizaga ko hari ibyo Imana yahaye abantu bavuka, ibaha ubwenge yongeraho ko Abanyarwanda bafite ubushobozi bwo kubyaza umusaruro ibiri ku misozi n’ibiri mu misozi.

Yasabye abaturage ba Karongi na Nyamasheke guharanira kugira ubuzima bwiza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu mwaka 1996 avuga ko yaje i Karongi asanga hari Abanyarwanda baba imbere mu Rwanda ariko hari n’abandi bari bakurya.

Yavuze ko icyo gihe yavuze ko ashaka ko Abanyarwanda bari hanze bagomba gutaha ku neza.

Abenshi ngo baratashye abandi basigara yo.

Avuga ko abandi basigaye yo ariko ko abazabishaka bazataha.

Yunzemo ko kugira ngo u Rwanda rutere imbere bigomba gukorwa kandi bikaba bishingiye ku mutekano.

- Advertisement -

Umukandida wa FPR Inkotanyi yavuze ko abayobozi bagomba kwirinda kurya ibitabagenewe kandi ngo iyo niyo politiki ya FPR.

Yasezeranyije abatuye Karongi ko FPR Inkotanyi izubaka andi mahoteli ari mu bwato bagakomeza kugira amajyambere ashingiye ku bukerarugendo.

Kagame yagarutse no ku muhanda wa Karongi, Muhanga-Kigali, avuga ko icyatumye utuzura ari ikibazo atumva neza.

Yunzemo ko abashinzwe kuwubaka bagombye kugira vuba ukuzura.

Yaboneyeho kubwira ababishinzwe ko bagira vuba uwo muhanda ukuzura kugira ngo uzamure ubukerarugendo bw’abagana ikiyaga cya Kivu baciye muri Karongi.

TAGGED:featuredIkiyagaKagameKarongiKivuUmuhanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Tshisekedi Yategetse Ingabo Ze Kwisubiza Aho M23 Yafashe
Next Article Kagame Arataha Stade Amahoro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Igeze He Umukoro Perezida Kagame Yayihaye?

Intego Y’u Rwanda Ku Byerekeye Umukamo Mu Myaka Ine

Israel Irakoresha Ibifaro Bitarimo Ingabo Mu Ntambara Na Hamas

Ingabo Z’u Rwanda Mu Bufatanye N’Iza Misiri

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Abajyanama B’Ubuzima Bagiye Gukoresha Ubwenge Buhangano Mu Kazi

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

Pariki Y’Akagera Yinjije Arenga Miliyari Frw 5 Mu Mwaka

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ngoma: Hibutswe Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yishwe Irazima Muri Jenoside 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ba Rwiyemezamirimo Bagiye Guhatanira Igihembo Cya Miliyoni $1.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?