Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kazungu Azaburanira Mu Rukiko Rw’Ibanze Rwa Kicukiro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kazungu Azaburanira Mu Rukiko Rw’Ibanze Rwa Kicukiro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 September 2023 1:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubushinjacyaha bwamaze kugeza dosiye ya Denis Kazungu mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kugira ngo ruzamukurikirane ku byaha avugwaho gukora birimo n’ubwicanyi.

Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavuko akurikiranyweho kwica abantu 12.

The New Times ivuga ko umuvugizi w’Ubushinjacyaha Faustin Nkusi  yabatangarije ko dosiye ya Kazungu yagejejwe mu rukiko taliki 18, Nzeri, 2023.

Icyakora italiki y’igihe azaburanishirizwa ntiratangazwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Denis Kazungu yafashwe mu ntangiriro za Nzeri, 2023 nyuma yo kuvumbura ko hari imirambo yari yaratabye hafi y’ahantu bivugwa ko yabaga rimwe na rimwe.

Amakuru ubwanditsi bwa Taarifa bwaje kumenya, ni uko mu nzu ya Kazungu nta gitanda cyabagamo cyangwa ikindi cyose kiranga inzu ituwemo.

Bisa n’aho ari ahantu yiciraga abantu, ubundi akigendera.

Ibyaha akurikiranyweho nibimuhama mu rukiko, ashobora kuzakirwa gufungwa ubuzima bwe bwose.

Yicaga Abana Akabarya: Ni Iki Gitera Abantu Kwica Abandi Umusubizo?

- Advertisement -
TAGGED:AbakobwafeaturedKazunguKicukiroRIBRwandaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Irasaba Abanyonzi Kubahiriza Isaha Yo Gutaha
Next Article Ubwoko 128 Bw’Amavuta N’Isabune Bwaciwe Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?