Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kazungu Azaburanira Mu Rukiko Rw’Ibanze Rwa Kicukiro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kazungu Azaburanira Mu Rukiko Rw’Ibanze Rwa Kicukiro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 September 2023 1:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubushinjacyaha bwamaze kugeza dosiye ya Denis Kazungu mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kugira ngo ruzamukurikirane ku byaha avugwaho gukora birimo n’ubwicanyi.

Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavuko akurikiranyweho kwica abantu 12.

The New Times ivuga ko umuvugizi w’Ubushinjacyaha Faustin Nkusi  yabatangarije ko dosiye ya Kazungu yagejejwe mu rukiko taliki 18, Nzeri, 2023.

Icyakora italiki y’igihe azaburanishirizwa ntiratangazwa.

Denis Kazungu yafashwe mu ntangiriro za Nzeri, 2023 nyuma yo kuvumbura ko hari imirambo yari yaratabye hafi y’ahantu bivugwa ko yabaga rimwe na rimwe.

Amakuru ubwanditsi bwa Taarifa bwaje kumenya, ni uko mu nzu ya Kazungu nta gitanda cyabagamo cyangwa ikindi cyose kiranga inzu ituwemo.

Bisa n’aho ari ahantu yiciraga abantu, ubundi akigendera.

Ibyaha akurikiranyweho nibimuhama mu rukiko, ashobora kuzakirwa gufungwa ubuzima bwe bwose.

Yicaga Abana Akabarya: Ni Iki Gitera Abantu Kwica Abandi Umusubizo?

TAGGED:AbakobwafeaturedKazunguKicukiroRIBRwandaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Irasaba Abanyonzi Kubahiriza Isaha Yo Gutaha
Next Article Ubwoko 128 Bw’Amavuta N’Isabune Bwaciwe Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?