Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: KCCA itewe mpaga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

KCCA itewe mpaga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 December 2020 11:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukino wari buhuze KCCA na AS Kigali ntukibaye kuko hari abakinnyi ba KCCA basanganywe ubwandu bwa COVID-19. Iyi kipe yari iri i Kigali, ikaba yaraje ifite abakinnyi 15, babiri nibo banduye kiriya cyorezo bituma ikipe isigarana 13 bazima kandi mu kibuga hajyamo abakinnyi 11, hagasigara abasimbura batatu none muri bo babiri banduye.

Amategeko ya CAF ateganya ko iyo ikipe yageze aho igomba gukinira bikaza kugaragara ko itujuje abakinnyi babanza mu kibuga n’abasimbura batatu, ihanishwa kubura amanota atatu igatsindwa ibitego bibiri.

Ibi bikaba ari byo byabaye kuri KCCA.

Umunyamategeko wa FERWAFA Bwana Jules Karangwa avuga ko kuba hari abakinnyi ba KCCA bagaragaweho COVID-19  aribyo  byibereye intandaro yo guterwa mpaga.

Biteganyijwe ko umukino wo kwishyura uzabera muri Uganda tariki 06, Mutarama, 2021.

Umukino wa AS Kigali na KCCA FC wari butangire saa kenda z’amanywa(3h00 pm) ukabera ku stade ya Kigali iri i  Nyamirambo.

TAGGED:AS KigaliKarangwaKCCA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubwoko ‘bushya’ bwa COVID-19 buteye bute?
Next Article Ibyifuzo by’abaturage k’umukuru w’igihugu Paul Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Umugabo W’i Gakenke Yafatiwe I Burera Afite Ibilo 20 By’Urumogi Avanye Muri Uganda

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Ubushinwa Bwatangiye Gukoresha Robo Zikora Gipolisi Mu Muhanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

Tanzania: Baratora Perezida N’Abadepite 

You Might Also Like

Imikino

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoIzamamazaMu Rwanda

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Iteramakofe: Mukazayire Yasabye Ikipe Y’u Rwanda Kuzatahana Imidali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?