Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya: Abaturage Bakubise Umupolisi Baramunoza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya: Abaturage Bakubise Umupolisi Baramunoza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 June 2023 10:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage b’ahitwa Lumakanda muri Kakamega muri Kenya badukiriye umupolisi bari basanganye inka bari barabuze, baramukubita bamugira intere.

Bamukubise bamushinja ko akoresha imbaraga ahabwa n’uko ari umupolisi, akiba iby’abaturage.

Byose byatangiye ubwo umumotari yaparikaga mu mudugudu akabwira abaturage ko abonye umupolisi yururutsa inka muri pandagari kandi ko iyo nka ari yo bari bamaze iminsi barabuze.

Abaturage bahururanye n’iyonka baraza badukira wa mupolisi barakubita.

Icyakora ku bw’amahirwe ye, abandi bapolisi batabaye bamukura mu maboko y’abaturage bari bariye karungu.

Bamujyanye kuri station ya Polisi, baramwondora.

Citizen Digital ivuga ko, ku rundi ruhande, abatuye agace byabereyemo bavuga ko ubujura bwahabaye ikibazo gikomeye.

Banenga ko ntacyo Polisi ibikoraho kuko n’ufashwe bidatera kabiri atarekuwe.

TAGGED:InkaKenyaPolisiUmuturage
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Z’u Rwanda N’Iz’Ubufaransa Zigiye ‘Gukaza’ Imikoranire
Next Article Jeannette Kagame Yaburiye Urubyiruko Kudaca Iy’Ubusamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?