Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya: Abaturage Bakubise Umupolisi Baramunoza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya: Abaturage Bakubise Umupolisi Baramunoza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 June 2023 10:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage b’ahitwa Lumakanda muri Kakamega muri Kenya badukiriye umupolisi bari basanganye inka bari barabuze, baramukubita bamugira intere.

Bamukubise bamushinja ko akoresha imbaraga ahabwa n’uko ari umupolisi, akiba iby’abaturage.

Byose byatangiye ubwo umumotari yaparikaga mu mudugudu akabwira abaturage ko abonye umupolisi yururutsa inka muri pandagari kandi ko iyo nka ari yo bari bamaze iminsi barabuze.

Abaturage bahururanye n’iyonka baraza badukira wa mupolisi barakubita.

Icyakora ku bw’amahirwe ye, abandi bapolisi batabaye bamukura mu maboko y’abaturage bari bariye karungu.

Bamujyanye kuri station ya Polisi, baramwondora.

Citizen Digital ivuga ko, ku rundi ruhande, abatuye agace byabereyemo bavuga ko ubujura bwahabaye ikibazo gikomeye.

Banenga ko ntacyo Polisi ibikoraho kuko n’ufashwe bidatera kabiri atarekuwe.

TAGGED:InkaKenyaPolisiUmuturage
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Z’u Rwanda N’Iz’Ubufaransa Zigiye ‘Gukaza’ Imikoranire
Next Article Jeannette Kagame Yaburiye Urubyiruko Kudaca Iy’Ubusamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?