Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya: Abigaragambya Batwitse Inyubako Y’Inteko Ishinga Amategeko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya: Abigaragambya Batwitse Inyubako Y’Inteko Ishinga Amategeko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 June 2024 3:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagabo n’abagore, urubyiruko n’abandi bari kwigaragambya bashumitse inyubako y’Inteko Ishinga amategeko.

Abaturage bamaze iminsi bigaragambya bamagana umusoro ubutegetsi bwa Perezida Ruto buherutse gushyiraho kugira ngo habeho uburyo bwo kwishyura imyenda igihugu kirimo amahanga no kubungabunga ubukungu.

Imyigaragambyo yabo bayise «Occupy Parliament».

Ku mbuga nkoranyambaga hiriwe amashusho yerekana inyubako y’Inteko ishinga iri gushya, bikemezwa ko yatwitse n’abo bigaragambya.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

The Star ivuga ko iyi ari imyigaragambyo iri kubera hirya no hino mu mijyi itandukanye ya Kenya.

TAGGED:featuredIntekoKenyaUmuriro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Kagame Yasabye Urubyiruko Kuzakurana Umutima W’Intare
Next Article Ruto Ari Mu Ihurizo Rikomeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Igeze He Umukoro Perezida Kagame Yayihaye?

Intego Y’u Rwanda Ku Byerekeye Umukamo Mu Myaka Ine

Israel Irakoresha Ibifaro Bitarimo Ingabo Mu Ntambara Na Hamas

Ingabo Z’u Rwanda Mu Bufatanye N’Iza Misiri

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Abajyanama B’Ubuzima Bagiye Gukoresha Ubwenge Buhangano Mu Kazi

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

Pariki Y’Akagera Yinjije Arenga Miliyari Frw 5 Mu Mwaka

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ngoma: Hibutswe Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yishwe Irazima Muri Jenoside 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Abayahudi Baramagana Ibyo Israel Ikorera Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Miliyari $1 Yashowe Mu Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?