Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya Iratangira Akazi Mu Kanama Gashinzwe Amahoro Ku Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya Iratangira Akazi Mu Kanama Gashinzwe Amahoro Ku Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 January 2021 1:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Mbere mu masaha y’umugoroba nibwo ibihugu bigize Akanama gashinzwe amahoro ku isi biri bwakire Kenya nk’igihugu gihagarariye Afurika muri kariya kanama.  Kenya yatsindiye uyu mwanya nyuma yo guhangana bikomeye na Djibuti.

Mu Kamena, 2020 nibwo byatangajwe ko Kenya yawutsindiye ku majwi 129 kuri 62 ya Djibouti.

Umuhango wo kuyakira uri bubere mu Ngoro ya UN iri New York.

Perezida wa Kenya Bwana Uhuru Kenyatta avuga ko kuba igihugu cye cyatsindiye kongera guhagararira Afurika mu Kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi kuko hari hashize imyaka 23.

Kenya izakorana n’ibindi bihugu bissanzwe bikarimo, ibyo bihugu bikaba aru u Bwongereza, u Burusiya, Leta zunze ubumwe z’Amerika, u Bushinwa n’u Bufaransa.

Izagira uruhare mu gufata ibyemezo mu by’umutekano ku bibazo biri hirya no hino ku isi.

Ingingo ya 18 mu zigize Itegeko rigenga UN ivuga ko igihugu runaka gifite umwanya udahoraho muri kariya nama  gishobora kukavanwamo.

Bisaba ko bibanza kwigwaho n’ibindi bihugu ndetse bikaba byasaba ko hagira ingingo zimwe za ririya tegeko zisubirwamo.

TAGGED:featuredKenyaNew YorkUN
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bamenya Wo Kuri YouTube Avuga Ko Yakize Stroke, 2020 Yari Imuhitanye
Next Article Muzanshakire Itegeko Rivuga Ko Ufite Ubumuga Adafungwa- CP Kabera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuvuno Wa Leta Wo Guca Amapfa Muri Kayonza

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Abanyarwanda Babiri Baguye Mu Mpanuka Yabereye Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kwinjira Muri Amerika Bigiye Kugora Abakoresheje Imbuga Nkoranyambaga Uko Itabishaka

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

Uburundi Buvuga Ko Nibiba Ngombwa Buzarwana N’u Rwanda 

Venezuela Ivuga Ko Trump Nta Kindi Ayishakaho Kitari Petelori

Harakurikiraho Iki Nyuma Y’Ifatwa Rya Uvira?

You Might Also Like

Mu mahanga

Tshisekedi Arashaka Ubufasha Bwa Gisirikare Bwa Angola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Pariki Y’Akagera Yinjije Miliyari Frw 6.7, Imwe Iyiha Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ingabo Zirenga 2,000 Za DRC n’Aba Wazalendo Zamaze Kugera Mu Burundi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?