Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya Iratangira Akazi Mu Kanama Gashinzwe Amahoro Ku Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya Iratangira Akazi Mu Kanama Gashinzwe Amahoro Ku Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 January 2021 1:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Mbere mu masaha y’umugoroba nibwo ibihugu bigize Akanama gashinzwe amahoro ku isi biri bwakire Kenya nk’igihugu gihagarariye Afurika muri kariya kanama.  Kenya yatsindiye uyu mwanya nyuma yo guhangana bikomeye na Djibuti.

Mu Kamena, 2020 nibwo byatangajwe ko Kenya yawutsindiye ku majwi 129 kuri 62 ya Djibouti.

Umuhango wo kuyakira uri bubere mu Ngoro ya UN iri New York.

Perezida wa Kenya Bwana Uhuru Kenyatta avuga ko kuba igihugu cye cyatsindiye kongera guhagararira Afurika mu Kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi kuko hari hashize imyaka 23.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kenya izakorana n’ibindi bihugu bissanzwe bikarimo, ibyo bihugu bikaba aru u Bwongereza, u Burusiya, Leta zunze ubumwe z’Amerika, u Bushinwa n’u Bufaransa.

Izagira uruhare mu gufata ibyemezo mu by’umutekano ku bibazo biri hirya no hino ku isi.

Ingingo ya 18 mu zigize Itegeko rigenga UN ivuga ko igihugu runaka gifite umwanya udahoraho muri kariya nama  gishobora kukavanwamo.

Bisaba ko bibanza kwigwaho n’ibindi bihugu ndetse bikaba byasaba ko hagira ingingo zimwe za ririya tegeko zisubirwamo.

TAGGED:featuredKenyaNew YorkUN
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bamenya Wo Kuri YouTube Avuga Ko Yakize Stroke, 2020 Yari Imuhitanye
Next Article Muzanshakire Itegeko Rivuga Ko Ufite Ubumuga Adafungwa- CP Kabera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?