Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenya: Umucamanza Warashwe N’Umupolisi Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenya: Umucamanza Warashwe N’Umupolisi Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 June 2024 2:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’Urukiko rw’ikirenga rwa Kenya witwa Martha Koome yatangarije kuri X ko umucamanza witwa Monica Kivuti wari uherutse kurasirwa mu rukiko n’umupolisi yapfuye azira ibikomere.

Umucamanza Kivuti yarashwe kuri uyu wa Kane nyuma yo gukatira umugore w’uwo mupolisi igihano, undi bikamurakaza akamurasa.

Bagenzi b’uyu mupolisi nabo baramurashe bamutsinda aho.

Martha Koome yanditse ku rubuga X, rwahoze ari Twitter, ko umucamanza mukuru wa Makadara witwa Monica Kivuti yishwe n’ibikomere yatewe n’isasu yarashwe mu rukenyerero n’irindi mu kaguru.

Umupolisi yarashe Kivuti kuwa Kane nyuma y’uko uyu yanze ko umugore we arekurwa by’agateganyo.

Uyu mupolisi yitwaga Samson Kipchirchir Kipruto.

Muri uko kurasana hari abapolisi babiri bakomerekejwe n’amasasu ariko bo ngo ubuzima bwabo ntiburi mu marembera.

The Star yanditse ko Madamu Monica Kivuti yapfuye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu taliki 14, Kamena, 2024 aguye mu bitaro bya Nairobi.

Polisi ya Kenya ivuga ko uriya mupolisi wakoze biriya yageze mu rukiko ku buryo butazwi kandi ngo iperereza riracyakomeje kuri iyi ngingo.

Muri rusange abapolisi bakunze kuvugwaho ubwicanyi n’urugomo ariko ngo ntibyari byarigeze bigera aho umupolisi arasira umucamanza mu rukiko.

TAGGED:AbapolisiIpererezaKenyaUmurwayi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Politiki Y’Ejo Hazaza Ikwiye Kuruta Iy’Ejo Hashize- Perezida Kagame
Next Article DRC: Abaturage Bishe Abasirikare Bari Bavuye Kugemurira Bagenzi Babo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?