Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kicukiro: Avugwaho Kurwanya Inzego Z’Umutekano Ziramurasa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kicukiro: Avugwaho Kurwanya Inzego Z’Umutekano Ziramurasa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 January 2023 2:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Masaka harasiwe umugabo witwa Jean Rusanga w’imyaka 37 y’amavuko bivugwa ko yari umujura wari wagiye kwiba mu rugo rw’uwitwa Abdoni Hakizimana.

Amakuru avuga ko uriya mugabo yagiye kwiba mu rugo rwa Hakizimana  agenda afite umuhoro.

Yagezeyo yatemye urugi rw’igipangu arinjira  nyirurugo wavuzwe haruguru abyumvise arasohoka.

Hakizamana yageze hanze abona uwo mujura afite umuhoro aje ashaka kumutema undi ariruka.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abatanze ubuhamya bavuga ko uwo mujura yinjiye mu nzu afata Television n’imyenda.

Kubera ko nyiri urugo yari akiri hafi aho, yahise avuza induru, abaturage bahururana n’abashinzwe umutekano bafata uwo muntu.

Nyuma yo gufatwa hitabajwe abasirikare baje bamutwara uwo muntu ngo ajye  kubereka ibindi yaramaze kwiba.

Mu byo bamusanganye, yari yahisemo undi muhoro ariko batabimenye.

Bageze ahantu yavugaga ko yabihishe akurayo wa muhoro ashaka gutema umusirikare undi ahita amurasa arapfa.

- Advertisement -

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali Chief Inspector of Police( CIP)Sylvestre Twajamahoro yabwiye Taarifa ko ayo makuru ari yo ariko ko bibabaje kuba hari abantu bagitekereza kurwanya inzego z’umutekano.

CIP Twajamahoro ati: “Abantu bakwiye kwirinda kurwanya inzego z’umutekano. Byagaragaye ko yashatse gutema ushinzwe umutekano.”

Ku rundi ruhande yasabye abaturage gukomeza kwicungira umutekano, kandi ashima abrerekanye umutima wo gutabarana.

Avuga ko ubufatanye n’irondo ari ingenzi mu gucunga umutekano mu midugudu n’amasibo.

TAGGED:featuredImbundaKicukiroMasakaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu Umunani Biciwe Mu Birori Byo Kwizihiza Amavuko Y’Inshuti Yabo
Next Article Croix Rouge Iratanga Umuburo Ku Kindi Cyorezo Kizibasira Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Urumogi Rugeze Kure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?