Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kicukiro Ni Iya Mbere Mu Isuku Ngororero Ikaba Iya Nyuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kicukiro Ni Iya Mbere Mu Isuku Ngororero Ikaba Iya Nyuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2024 9:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Raporo ya RGB igaragaza ko mu bushakashatsi iki kigo cyakoze, cyasanze Akarere ka Ngororero ari ko katagira umuco w’isuku kurusha utundi mu Rwanda. Akahize utundi mu kugira isuku n’umucyo ni Akarere ka Kicukiro.

Kicukiro ni iya mbere Ngororero ikaba iya nyuma mu kwimakaza isuku

Imibare yerekana ko Akarere ka  Kicukiro mu mwaka wa 2022 kagize ijanisha mu isuku rya 86.6% ni ukuvuga impinduka ya 2.3% mu mwaka wa 2023 mu gihe Ngororero yo yagize ijanisha rya 67.1, wabigereranya n’uko byari bimeze mu mwaka wa 2021 ugasanga yaramanutse igera kuri -10.1%

Imbonerahamwe yerekana uko uturere turutanwa mu kwimakaza isuku yerekana ko akarere ka kabiri mu kuyigira ari Nyamasheke kuko ikurikira Kicukiro ku ijanisha rya 78.6%.

Nyuma ya Nyamasheke hakurikiraho Rwamagana, nyuma yayo kahaza Akarere ka Gasabo, kagakurikirwa n’Akarere ka Nyarugenge.

Icyakora imibare yerekana ko n’ubwo utu turere tubiri tw’umujyi wa Kigali turi kuri iyi myanya ya mbere, ku rundi ruhande twaradohotse kubera ko twamanutseho ijanisha rya -1.1% kuri Gasabo na -5.2% kuri Nyarugenge.

Akarere ka Bugesera kari kubakwamo ikibuga cy’indege kari ku mwanya wa 13 kakaba karazamutseho 1.3% kakaba gafite amanota 71.8%.

TAGGED:AkarerefeaturedIsukuKicukiroNgororero
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibiciro Bishya By’Ingendo: Ku Frw 10,000 Uva Nyabugogo Ujya Kamembe Uzajya Usagura Make
Next Article Hari Ibice Bya Kivu Y’Amajyaruguru M23 Iri Gufata Itarwanye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?