Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kicukiro: Umugore Ukekwaho Kwica Umwana Akamuta Mu Ngunguru Yasabiwe Burundu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kicukiro: Umugore Ukekwaho Kwica Umwana Akamuta Mu Ngunguru Yasabiwe Burundu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 July 2023 4:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imwe mu nkuru z’ubugizi bwa nabi zavuzwe mu mwaka wa 2022 ni iy’umugore ukurikiranyweho kwica umwana w’umukobwa w’imyaka itanu akamujugunya mu ngunguru. Ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa burundu.

Umugore witwa Marie Chantal Mukanzabarushimana amaze igihe ashinjwa n’ubushinjacyaha kwica umwana w’imyaka itanu yari abereye Mukase witwaga Elsie Akeza  umubiri we akawujugunya mu kigega cy’amazi.

Byabereye mu Kagari ka Busanza, Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro.

Taliki 20, Mutarama, 2022 nibwo mu rukiko rw’ibanze rw’Akarere ka Kicukiro habereye urubanza  ubushinjacyaha buregamo Nyiranzabarushimana uruhare mu rupfu rwa Akeza Elisie Rutiyomba.

Mbere gato y’uko uru rubanza rugangira, Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rwari rwabwiye Taarifa ko hari impamvu zikomeye zitumye bikekwa ko hari abantu bagize uruhare mu rupfu rwa Akeza Elisie Rutiyomba.

Ubwo uriya mwana yapfaga, byari byabanje kuvugwa ko yaguye mu kidomoro cyarimo litiro 200 z’amazi.

Yaguye kwa  Se wabanaga na Mukase[w’uyu mwana] mu Kagari ka Busanza, Umurenge wa Kanombe, Akarere ka Kicukiro.

Akeza Elisie Rutiyomba yari asanzwe afite Nyina ariko utarabanaga na Se.

TAGGED:AkezaBusanzafeaturedKicukiroRwandaUmugoreUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inama Ni Uko Abanyarwanda Batanywa Inzoga Na Nkeya- Min Nsanzimana
Next Article Kenya: Imodoka Ziherekeza Odinga Zarashwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Kamonyi: Abagabo Bahaye Umwana Inzoga Bose Irabica

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

You Might Also Like

Mu Rwanda

Kagame Yishimira Ko Inzego Z’Umutekano Z’u Rwanda Zihagaze Bwuma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Bunyoni Ararembye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Nyagatare: Inka 125,000 Zigiye Gukingirwa Indwara Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Centrafrique: Ibyavuye Mu Matora Bizatangira Kumenyekana Mu Cyumweru Gitaha 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?