Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kigali Green Complex: Inyubako Ya Mbere Ndende Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Kigali Green Complex: Inyubako Ya Mbere Ndende Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 September 2023 10:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iterambere ry’u Rwanda muri rusange ribanziriza mu Murwa mukuru warwo ari wo Kigali. N’ubwo ryaguka rikagera n’ahandi vuba kuko igihugu ari gito kandi kiyobowe neza, ibintu byose biranga iterambere ry’u Rwanda bibanza muri Kigali.

Ibyinshi muri ibyo biranga amajyambere ni ibikorwaremezo birimo imihanda, imodoka cyangwa moto zikoresha amashanyarazi, cameras za polisi zituma abantu birinda umuvuduko munini n’ibindi.

Mu rwego rw’ibikorwaremezo, u Rwanda rubinyujije mu kigo cyarwo cy’ubwiteganyirije, rugiye kubaka inzu idasanzwe haba mu myubakirwe ndetse no mu kamaro kayo mu kurengera ibidukikije.

Bayise Kigali Green Complex, ikazaba ifite igeretse etaje 26 bityo ikazaba ari yo ya mbere ndende mu Rwanda.

Ikigo gishamikiye kuri RSSB kitwa Ultimate Developers Limited nicyo kizayubaka.

Nicyo gifite inshingano zo kubakira RSSB inyubako n’ibindi bikorwaremezo bibyara inyungu.

Ni ikigo cyashinzwe mu mwaka wa 2011.

Amakuru avuga ko inyubako Kigali Green Complex izubakwa mu kibanza kigari kiri ahahoze Inzu ndangamurage y’u Rwanda n’Ubufaransa.

Hagati aho hari indi mishinga iremereye ijyanye n’ubwubatsi Leta y’u Rwanda ishaka kubaka mu nyungu rusange z’abaturage harimo n’inzu izubakwa ahahoze Minisiteri y’ubutabera yitwa Inzovu Mall.

TAGGED:BufaransafeaturedIbidukikijeInzuKigaliRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Bujakera Wa Jeune Afrique Yimuriwe Muri Gereza Nkuru
Next Article Hashyizeho Uburyo Bukomatanyije Bwo Gukemura Ibibazo By’Abana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?