Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Kigali Guma Mu Rugo’ Yagabanyije COVID-19 Ku Kigero Cya 72%-RBC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

‘Kigali Guma Mu Rugo’ Yagabanyije COVID-19 Ku Kigero Cya 72%-RBC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 February 2021 6:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Inama y’Abaministiri yiteranye igafata ingamba zirimo n’uko abatuye Umujyi wa Kigali basubira muri Guma mu Ruhgo, Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe ubuzima Dr Sabin Nsanzimana avuga ko ubwandu bya COVID-19 muri Kigali bwagabanutseho 72%.

Dr Nsanzimana avuga ko iyi ari intambwe nziza yerekana umusaruro w’iriya Guma mu Rugo agasaba abaturage gukomeza gukurikiza ingamba zo kwirinda kiriya cyorezo.

Kuri Twitter yanditse ko abanyakigali bagomba gukurikiza ingamba zirimo guhana intera, kwambara neza agapfukamunwa n’amazuru, gukaraba intoki, bakaba bari mu ngo zabo bitarenze saa moya z’ijoro(7h00 pm).

Ikindi asaba ni uko abantu bagomba gufungura imiryang n’amadirishya igihe bahuriye ahantu hafunganye.

Guma mu Rugo muri Kigali ya kabiri yamaze iminsi 21.

Yemejwe nyuma y’uko inzego z’ubuzima zivuze ko kiriya cyorezo kiyongeraga cyane k’uburyo guhera mu ntangiriro za 2021 abantu bacyanduye kinabahitana ari benshi kurusha  ikindi gihe cyose cyabanje.

COVID-19 yageze mu Rwanda tariki 14, Werurwe, 2020 izanywe n’umugabo wari uturutse mu Buhinde.

Bidatinze Leta yafashe ingamba ko Abanyarwanda bose baguma mu ngo zabo, keretse abakora akazi gafitiye abandi bose akamaro barimo abavuzi, abanyamakuru, abakora mu buhinzi n’ubworozi n’abakora mu mutekano n’abandi.

TAGGED:featuredLetaNsanzimanaRBCSIDA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyanza Ya Butare Igiye Kubakwamo Umurwa Mukuru Wa Cyami
Next Article Impamvu Abaturiye Pariki y’Akagera Bagihohotera Inyamaswa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?