Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Kigali Guma Mu Rugo’ Yagabanyije COVID-19 Ku Kigero Cya 72%-RBC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

‘Kigali Guma Mu Rugo’ Yagabanyije COVID-19 Ku Kigero Cya 72%-RBC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 February 2021 6:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Inama y’Abaministiri yiteranye igafata ingamba zirimo n’uko abatuye Umujyi wa Kigali basubira muri Guma mu Ruhgo, Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe ubuzima Dr Sabin Nsanzimana avuga ko ubwandu bya COVID-19 muri Kigali bwagabanutseho 72%.

Dr Nsanzimana avuga ko iyi ari intambwe nziza yerekana umusaruro w’iriya Guma mu Rugo agasaba abaturage gukomeza gukurikiza ingamba zo kwirinda kiriya cyorezo.

Kuri Twitter yanditse ko abanyakigali bagomba gukurikiza ingamba zirimo guhana intera, kwambara neza agapfukamunwa n’amazuru, gukaraba intoki, bakaba bari mu ngo zabo bitarenze saa moya z’ijoro(7h00 pm).

Ikindi asaba ni uko abantu bagomba gufungura imiryang n’amadirishya igihe bahuriye ahantu hafunganye.

Guma mu Rugo muri Kigali ya kabiri yamaze iminsi 21.

Yemejwe nyuma y’uko inzego z’ubuzima zivuze ko kiriya cyorezo kiyongeraga cyane k’uburyo guhera mu ntangiriro za 2021 abantu bacyanduye kinabahitana ari benshi kurusha  ikindi gihe cyose cyabanje.

COVID-19 yageze mu Rwanda tariki 14, Werurwe, 2020 izanywe n’umugabo wari uturutse mu Buhinde.

Bidatinze Leta yafashe ingamba ko Abanyarwanda bose baguma mu ngo zabo, keretse abakora akazi gafitiye abandi bose akamaro barimo abavuzi, abanyamakuru, abakora mu buhinzi n’ubworozi n’abakora mu mutekano n’abandi.

TAGGED:featuredLetaNsanzimanaRBCSIDA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyanza Ya Butare Igiye Kubakwamo Umurwa Mukuru Wa Cyami
Next Article Impamvu Abaturiye Pariki y’Akagera Bagihohotera Inyamaswa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?