Yemye nta gihunga afite, Denis Kazungu yabwiye Urukiko ko yishe abo ubushinjacyaha bumushinja kuko bamuteye SIDA ku bushake. Icyakora Umuvugizi wa RIB Dr. Thierry B. Murangira...
Ikigo AIDS HealthCare Foundation (AHF) kiri gukangurira urubyiruko kwirinda SIDA binyuze mu kurwegereza udukingirizo. Abibanzweho muri ubu bukangurambaga ni urubyiruko rwo muri Kaminuza no mu bigo...
Bisa n’aho ku isi nta handi hantu hahura n’ibibazo kurusha ahitwa Munsi Y’Ubutayu bwa Sahara. Uretse intambara, inzara, ubutayu n’ibindi bibazo, muri iki gice cy’isi niho...
Abasore n’abagabo mu murenge wa Rukara mu Karere ka Kayonza bavuga ko mu rwego rwo kwirinda kwandura SIDA, bakoresha udukingirizo ariko bakavuga ko iyo igitsina gifashe...
Umunyeshuri wo muri TTC Kabarore avuga ko imwe mu mpamvu zituma ababyeyi bamwe batabasobanurira iby’imyirorokere ari uko nabo nta bumenyi baba bayifiteho. Asaba ko Leta yajya...