Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kiyovu Ivuga Ko Yari Yifitemo Abagambanyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Kiyovu Ivuga Ko Yari Yifitemo Abagambanyi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 July 2023 1:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’Umuryango wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Regis yahamije ku kigero kinini cy’abakinnyi batandukanye n’iyi kipe, avuga ko bari abagambanyi.

Ngo barayigambaniye bayibuza gutwara igikombe na kimwe.

Ubwo umwaka w’imikino 2022/2023 wari urangiye, ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatunguye benshi butandukana n’abakinnyi benshi bari basanzwe ari ingirakamaro.

Ndorimana yavuze ko abenshi muri bo bari abagambanyi kandi ngo gutandukana n’umugambanyi nta gihombo kibibamo.

Yabwiey abanyamakuru ati: “Uwakugambaniye, nta gihombo wagira cyo gutandukana na we. 90% bya bariya bakinnyi bose twatandukanye na bo bari abagambanyi”.

Abo avuga barimo Bigirimana Abedi, Nshimirimana Ismaël Pichou, Riyad Nordien, Bizimana Amissi Coutinho, Ndayishimiye Thierry, Mugenzi Bienvenu, Serumogo Ally na Erisa Ssekisambu. Uretse aba kandi, haravugwa abandi barimo Iradukunda Bertrand, Kimenyi Yves, Benedata Janvier na Nzeyurwanda Djihadi.

Kiyovu kandi yirukanye abatoza barimo Mateso Jean de Dieu, Alain-André Landeut na Dabo Seydou ukomoka muri Mali.

Kugeza ubu, iyi kipe ikomoka ku Mumena ifite umutoza mushya ukomoka mu Bugereki witwa  Koukouras Petros watoje mu bihugu birimo na Uganda.

 

TAGGED:AbakinnyifeaturedKiyovuRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Macron Arashaka Kumenya Impamvu Nyayo Yateje Imidugararo Mu Gihugu Cye
Next Article Gen Kale Kayihura Yashyizwe Mu Kiruhuko Cy’Izabukuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?