Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: KNC Ati: ‘ Dukwiye Kuvugurura Ruhago Yacu’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

KNC Ati: ‘ Dukwiye Kuvugurura Ruhago Yacu’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 February 2024 10:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles avuga ko hari ibintu biri mu mupira w’amaguru byari bikwiye gukosorwa kuko biwica.

Yabwiye RBA ko ubwo yatangazaga ko ikipe ye ivuye mu mupira w’amaguru mu Rwanda, yabikoze mu buryo bwe kandi icyavuyemo akibona.

Yemeza ko ibyo yakoze atangaza ko agiye gusesa ikipe ye yabonye umusaruro wabyo.

Ati “Ibyo nakoze ni uburyo bwanjye, sindi bubisobanure. Dukwiriye kuvugurura Ruhago yacu.”

Hashize igihe gito KNC atangaje ko ikipe ye itazasubira mu mukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda kuko ngo urimo byinshi bidatunganye.

Ikintu abantu bakunze kunenga ni imisifurire.

Imwe mu mpamvu bivugwa ko zitera abasifuzi kwitwara nabi mu kibuga ni ruswa bivugwa ko bahabwa kubera ko nta mushahara uzwi bagenerwa mu gihe kizwi.

Icyakora ntacyo urwego rw’abasifuzi rujya rutangaza kuri iki kibazo kugira ngo rukureho urujijo.

TAGGED:KNCUmupiraUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mpunzi Z’Abarundi Zitaha Iwabo Harimo N’Iziva I Kigali
Next Article Ntidushobora Kwihanganira Abayobya Abandi Muri Iki Gihugu-Dr.Ntezilyayo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?