Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: KNC Yivuguruje Ku Cyemezo Cyo Gusesa Gasogi United
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

KNC Yivuguruje Ku Cyemezo Cyo Gusesa Gasogi United

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2024 1:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kakooza Nkuriza Charles (KNC) usanzwe ari Perezida wa Gasogi United  yisubiyeho ku cyemezo yari aherutse gufata cyo gukura ikipe ye mu mupira w’amaguru mu Rwanda kubera ‘umwanda’ avuga ko uwubamo.

Kuri uyu wa Gatanu taliki 02, Gashyantare, 2024 yatangarije kuri Radio One abereye umuyobozi ko atagisheshe Gasogi United.

Hari hashize igihe gito asabye abayobozi mu ikipe ye n’abakinnyi kongera imyitozo yitegura umukino uzabahuza na Kiyovu Sports ku wa Gatandatu tariki ya 3, Gashyantare, 2024 .

KNC yamaze kwemerera Radio One abereye umuyobozi ko umukino na Kiyovu Sports bazawukina ariko akazakomeza gusaba impinduka no gukosora amakosa ari kugaragara mu mupira aho kwihagararaho.

Si ubwa mbere uyu mugabo afashe icyemezo cyo gukura ikipe ye muri Shampiyona nyuma akivuguruza.

Mu mwaka wa 2022 yabikoze ndetse avuga ko atazasubira ku kibuga, birangira ibyo yavuze atabikoze.

Mu mukino ukurikira, Gasogi United izakina na Kiyovu Sports mu mukino uzabera kuri Kigali Pelé Stadium kuva saa 18:00.

Muri Shampiyona, Gasogi United iri ku mwanya wa munani n’amanota 22 mu mikino 18.

TAGGED:AmaguruGasogiKNCShampiyonaUmupira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya: Gazi Yaturitse Ihitana Batatu, 300 Barakomereka
Next Article Mugabe Ntakiri Umukinnyi Wa Patriots BBC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?