Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Komite Olimpiki Y’U Rwanda Ifite Umuyobozi Mushya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoPolitiki

Komite Olimpiki Y’U Rwanda Ifite Umuyobozi Mushya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 May 2021 12:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo kumva ibigwi by’abiyamamarizaga kuyobora Komite Olimpiki y’u Rwanda, abitabiriye Inteko Rusange yayo batoye Bwana Théogène Uwayo ngo abe ari we uyiyobora.

Yatowe  n’abitabiriye iriya Nteko bose uko ari 57.

Kuri Twitter iriya Komite yanditse iti: “Inteko Rusange ya Komite Olimpiki imaze gutorera UwayoTheogene kuba Perezida mushya w’iyi komite akaba atowe ku bwiganze bw’amajwi, aho atowe n’abantu 57 bose bari mu nteko itora.”

Manda y’uriya muyobozi izarangira muri 2025.

Kuva tariki 24  kugeza 30 Mata 2021 nibwo abashakga kuyobora iriya Komite bagombaga kuba batanze kandidatire zabo.

Nyuma y’iyi minsi yagenwe n’amategeko, Komisiyo  y’amategeko n’imyitwarire ari na yo ishinzwe gutegura amatora yashyize ahagaragara urutonde rw’abakandida bemerewe

Uwayo Theogene niwe wiyamamaje ku mwanya wa Perezida wa Komite Olimpiki wenyine.

Asanzwe ari Perezida  w’ishyirahamwe ry’umukino wa Karate mu Rwanda “FERWAKA” akaba kandi yarigeze kuba muri Komite Olempike (2013-2017) ari Umubitsi.

TAGGED:featuredKarateKomiteUwayo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rutsiro FC Iya Mbere Mu Itsinda Ihuriyemo Na Rayon Sports, Gasogi FC Ni Iya Nyuma
Next Article Twahoranye Abakozi Bavugaga Ko Batakorera Mu Cyaro-Perezida Wa Croix-Rouge Y’U Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umusaruro Wa RSSB Wikubye Kabiri Mu Myaka Itatu

Uko DJ TOXXYK Yireguye Mbere Y’Uko Hemezwa Ko Afungwa By’Agateganyo

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbukungu

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?