Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Komite Olimpiki Y’U Rwanda Ifite Umuyobozi Mushya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoPolitiki

Komite Olimpiki Y’U Rwanda Ifite Umuyobozi Mushya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 May 2021 12:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo kumva ibigwi by’abiyamamarizaga kuyobora Komite Olimpiki y’u Rwanda, abitabiriye Inteko Rusange yayo batoye Bwana Théogène Uwayo ngo abe ari we uyiyobora.

Yatowe  n’abitabiriye iriya Nteko bose uko ari 57.

Kuri Twitter iriya Komite yanditse iti: “Inteko Rusange ya Komite Olimpiki imaze gutorera UwayoTheogene kuba Perezida mushya w’iyi komite akaba atowe ku bwiganze bw’amajwi, aho atowe n’abantu 57 bose bari mu nteko itora.”

Manda y’uriya muyobozi izarangira muri 2025.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kuva tariki 24  kugeza 30 Mata 2021 nibwo abashakga kuyobora iriya Komite bagombaga kuba batanze kandidatire zabo.

Nyuma y’iyi minsi yagenwe n’amategeko, Komisiyo  y’amategeko n’imyitwarire ari na yo ishinzwe gutegura amatora yashyize ahagaragara urutonde rw’abakandida bemerewe

Uwayo Theogene niwe wiyamamaje ku mwanya wa Perezida wa Komite Olimpiki wenyine.

Asanzwe ari Perezida  w’ishyirahamwe ry’umukino wa Karate mu Rwanda “FERWAKA” akaba kandi yarigeze kuba muri Komite Olempike (2013-2017) ari Umubitsi.

TAGGED:featuredKarateKomiteUwayo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rutsiro FC Iya Mbere Mu Itsinda Ihuriyemo Na Rayon Sports, Gasogi FC Ni Iya Nyuma
Next Article Twahoranye Abakozi Bavugaga Ko Batakorera Mu Cyaro-Perezida Wa Croix-Rouge Y’U Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?