Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ku Myaka 10 Umukobwa Wa Kanye West Agiye Gusohora Alubumu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Ku Myaka 10 Umukobwa Wa Kanye West Agiye Gusohora Alubumu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2024 7:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

North West w’imyaka 10 y’amavuko yatangaje ko ageze kure imyiteguro yo gusohora alubumu ya mbere yise ‘ Elementary School Dropout’.

Niwe mwana wa mbere ku isi  ku myaka 10 uzaba usohoye alubumu y’indirimbo.

North West ni umukobwa wa Kanye West na Kim Kardashian akaba asanganywe impano igaragara cyane yo gushushanya, ibintu akunze gukorera ku rubuga rwe rwa TikTok.

Uyu mwana azi gushushanya. Izuba rirarashe

Mu minsi ishize aherutse gukorana na Se indirimbo  bise Talking/Once Again yasohotse muri Gashyantare, 2024.

Iri kuri alubumu yise Vulture 1.

Se Kanye West yayumvishije abafana be mu  gihe gito gishize ubwo yari ari mu Mujyi wa Phoenix muri Leta ya Arizona, USA.

Kanye nawe ajya kuba icyamamare yakoze alubumu yise College Droupout ituma amenyekana cyane.

Hashize imyaka 20 ayikoze.

Uyu mwana w’umukobwa aherutse guca agahigo kuri ‘Billboard Chart’, ko kuba umuhanzi ukiri muto ufite indirimbo kuri uru rutonde.

North West w’imyaka 10 uretse kuba ari umukobwa wa Kanye West, anazwi cyane mu ndirimbo zirimo Talking, Its Your Bestie n’izindi.

North West ari kumwe na Se Kanye West
TAGGED:AlubumuImyakaIndirimboKanyeWest
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Na Tanzania Bigiye Gufungura Undi Mupaka
Next Article Ibiciro Bishya By’Ingendo: Ku Frw 10,000 Uva Nyabugogo Ujya Kamembe Uzajya Usagura Make
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu RwandaPolitiki

Kuri Kagame Afurika Ntikwiye Gukena

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?