Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ku Nshuro Ya Mbere Abanyarwanda Baba Mu Bushinwa Bagiye Guhura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ku Nshuro Ya Mbere Abanyarwanda Baba Mu Bushinwa Bagiye Guhura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 July 2025 3:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ambasaderi James Kimonyo
SHARE

Ambasade y’u Rwanda mu Bushinwa ivuga ko hagati y’italiki ya 01 n’iya 02, Kanama, mu Ntara ya Hubei, Umujyi wa Wuhan hagiye guhurira Abanyarwanda bose n’inshuti zabo kugira ngo baganire ku iterambere ry’igihugu cyabo n’umubano wabo n’Ubushinwa.

Ni inshuro ya mbere uwo muhuro uzaba ubaye.

Itangazo rigenewe abanyamakuru rivuga ko buzaba uburyo bwo kuganira ku byo Abanyarwanda baba mu Bushinwa bagezeho, ibyo bateganya kugeza ku gihugu cyabo n’uko byakorwa.

Icyo gihe kandi abazitabira iki gikorwa bazasabana bakine imikino gakondo nyarwanda irimo igisoro, ibisakuzo, guha abana amata n’ibindi.

Ni igikorwa kandi kizitabirwa n’abacuruzi bo mu Bushinwa bahure na bagenzi babo baganire uko ubwo buhahirane bwakomera.

Abashoramari bo mu bigo 200 mu Bushinwa nibo bazitabira uwo muhuro.

Ni umuhuro kandi uzahura no kwizihiza umuganura w’Abanyarwanda, umuhango ukomeye uri mu ndangaminsi ya Guverinoma y’u Rwanda wizihizwa buri mpeshyi.

TAGGED:AmbasadefeaturedInamaKimonyoRwandaUmuhuro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Umugore Yafatanywe Urumogi N’Umunzani ‘Warwo’
Next Article Umujyi Na Polisi Bafunze Utubari Turenga 200 Mu Mujyi Wa Kigali 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?