Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kurinda Ikirere Cy’U Rwanda Byashyizwemo Imbaraga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Kurinda Ikirere Cy’U Rwanda Byashyizwemo Imbaraga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 February 2024 10:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo kurinda ko hagira ibisasu biva muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bikagwa mu Rwanda uwaba abirashe uwo ari we wese, u Rwanda rwateguye imbunda zibihanura;

Ni icyemezo rwafashe nyuma y’ibimaze iminsi bitangazwa n’abayobozi ba DRC ndetse n’ab’Uburundi bavuga ko bafite imigambi yo kuzakuraho abayobozi bakuru b’u Rwanda.

Ubu biravugwa ko u Rwanda rwateguye drones zarwo z’intambara bita Bayraktar TB2 mu rwego rwo kwitegura ko hagize urutera narwo rwamwivuna.

Mu itangazo Guverinoma y’u Rwanda yasohoye kuri uyu wa Mbere harimo ko u Rwanda rutazongera kwemera ko hari ibisasu biva muri DRC bikagwa mu Rwanda.

Urubuga Facts on Rwanda rukunze gutangaza amakuru yizewe ku Rwanda ruvuga ko u Rwanda rwongereye n’uburyo abayobozi bakuru barwo barindwa.

Rwanda strengthens air defense following threats from DR Congo and Burundi leaders. Security measures heightened due to explicit mentions of using recently acquired Chinese advanced CH-4 attack drones for potential attacks on Rwanda by Congolese army FARDC. #FactsOnRwanda pic.twitter.com/ufPGzdixPU

— Facts On Rwanda (@FactsOnRwanda) February 20, 2024

TAGGED:DRCfeaturedIbisasuIkirereImbunda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Stade Amahoro Nshya Izajya Yaka Amabara Y’u Rwanda
Next Article Urugomo Mu Ruhango: Abantu Bataramenyekana Batemye Abanyerondo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?