Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kurinda Ikirere Cy’U Rwanda Byashyizwemo Imbaraga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Kurinda Ikirere Cy’U Rwanda Byashyizwemo Imbaraga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 February 2024 10:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo kurinda ko hagira ibisasu biva muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bikagwa mu Rwanda uwaba abirashe uwo ari we wese, u Rwanda rwateguye imbunda zibihanura;

Ni icyemezo rwafashe nyuma y’ibimaze iminsi bitangazwa n’abayobozi ba DRC ndetse n’ab’Uburundi bavuga ko bafite imigambi yo kuzakuraho abayobozi bakuru b’u Rwanda.

Ubu biravugwa ko u Rwanda rwateguye drones zarwo z’intambara bita Bayraktar TB2 mu rwego rwo kwitegura ko hagize urutera narwo rwamwivuna.

Mu itangazo Guverinoma y’u Rwanda yasohoye kuri uyu wa Mbere harimo ko u Rwanda rutazongera kwemera ko hari ibisasu biva muri DRC bikagwa mu Rwanda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Urubuga Facts on Rwanda rukunze gutangaza amakuru yizewe ku Rwanda ruvuga ko u Rwanda rwongereye n’uburyo abayobozi bakuru barwo barindwa.

Rwanda strengthens air defense following threats from DR Congo and Burundi leaders. Security measures heightened due to explicit mentions of using recently acquired Chinese advanced CH-4 attack drones for potential attacks on Rwanda by Congolese army FARDC. #FactsOnRwanda pic.twitter.com/ufPGzdixPU

— Facts On Rwanda (@FactsOnRwanda) February 20, 2024

TAGGED:DRCfeaturedIbisasuIkirereImbunda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Stade Amahoro Nshya Izajya Yaka Amabara Y’u Rwanda
Next Article Urugomo Mu Ruhango: Abantu Bataramenyekana Batemye Abanyerondo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Nduhungirehe Mu Nama Ihuza Afurika N’Uburayi

Hagiye Kongera Kwibukwa Imiryango Y’Abatutsi Yazimye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Kamerthe Ntashira Amakenga Iby’Amasezerano Y’Amahoro Ya DRC N’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Zahabu Igiye Kuba Indi Mari Ibitswe Muri BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ese Elon Musk Yavanywe Mu Nkoramutima Za Trump?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Iperereza Ryakorwaga Kuri Agathe Kanziga Ryarangiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?