Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kurinda Ikirere Cy’U Rwanda Byashyizwemo Imbaraga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Kurinda Ikirere Cy’U Rwanda Byashyizwemo Imbaraga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 February 2024 10:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo kurinda ko hagira ibisasu biva muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bikagwa mu Rwanda uwaba abirashe uwo ari we wese, u Rwanda rwateguye imbunda zibihanura;

Ni icyemezo rwafashe nyuma y’ibimaze iminsi bitangazwa n’abayobozi ba DRC ndetse n’ab’Uburundi bavuga ko bafite imigambi yo kuzakuraho abayobozi bakuru b’u Rwanda.

Ubu biravugwa ko u Rwanda rwateguye drones zarwo z’intambara bita Bayraktar TB2 mu rwego rwo kwitegura ko hagize urutera narwo rwamwivuna.

Mu itangazo Guverinoma y’u Rwanda yasohoye kuri uyu wa Mbere harimo ko u Rwanda rutazongera kwemera ko hari ibisasu biva muri DRC bikagwa mu Rwanda.

Urubuga Facts on Rwanda rukunze gutangaza amakuru yizewe ku Rwanda ruvuga ko u Rwanda rwongereye n’uburyo abayobozi bakuru barwo barindwa.

Rwanda strengthens air defense following threats from DR Congo and Burundi leaders. Security measures heightened due to explicit mentions of using recently acquired Chinese advanced CH-4 attack drones for potential attacks on Rwanda by Congolese army FARDC. #FactsOnRwanda pic.twitter.com/ufPGzdixPU

— Facts On Rwanda (@FactsOnRwanda) February 20, 2024

TAGGED:DRCfeaturedIbisasuIkirereImbunda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Stade Amahoro Nshya Izajya Yaka Amabara Y’u Rwanda
Next Article Urugomo Mu Ruhango: Abantu Bataramenyekana Batemye Abanyerondo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?