Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Leta Y’Afurika Y’Epfo Yahakanye Iby’Umubyeyi Wabyaye Abana 10
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

Leta Y’Afurika Y’Epfo Yahakanye Iby’Umubyeyi Wabyaye Abana 10

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 June 2021 7:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bw’Intara ya Gauteng yo muri Afurika y’Epfo rivuga  ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari umugore wo muri iyo Leta wabyaye abana 10 atari byo.

Ni mu itangazo yasohowe n’abayobozi b’iriya Leta, rikaba ryemeza ko basuzumye mu bitaro byose biri muri kariya gace basanga nta na kimwe muri byo cyakiriye kandi kibyaza umubyeyi wabyaye abana icumi.

Umugore uvugwaho ku ruhande rumwe ko yabyaye bariya bana, ariko ku rundi ruhande Leta ikabihakana yitwa Gosiame Thamara Sithole, afite imyaka  37.

Gosiame Thamara Sithole uvugwaho kubyara abana icumi

Bivugwa ko yababyariye mu bitaro by’i Pretoria ariko Leta yo yabihakanye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kugeza ubu umugore byemejwe ko ari we wabyaye impanga nyinshi icyarimwe kandi bikemerwa na Leta  ni umunya Mali wabyariye muri Maroc abana barindwi b’impanga.

Uyu mugore yitwa Halima Cissé akaba akomoka muri Tumbuktu muri Mali.

Mbere uwari usanganywe aka gahigo ni Umunyamerika kazi ufite inkomoko yo muri Australia witwa Nadya Denise Doud-Suleman wabyaye impanga umunani ariko abenshi muri abo bana bapfuye bakiri bato.

Yababyaye muri 2009.

Itangazo rya Leta uriya mubyeyi atuyemo
Leta ya Gauteng aho uriya mugore atuye muri Afurika y’Epfo
TAGGED:AbanaAfurika y'EpfofeaturedImpangaKubyara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibimenyetso Byose Bigaragaza Ko Me Bukuru Ntwali Yiyahuye – RIB
Next Article Cricket: Rwanda 31-29 Botswana || uRwanda Rwatangiye irushanwa, Kwibuka T20 Women’s Tournament 2021
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?