Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Louise Mushikiwabo Ari Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Louise Mushikiwabo Ari Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 May 2022 4:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa Louise Mushikiwabo ari mu Rwanda mu ruzinduko ku ikubitiro yahuriyemo na Dr Vincent Biruta uyobora Minisiteri y’ububanyi n’amahanga Mushikiwabo nawe yayoboye ndetse igihe kinini.

Louise Mushikiwabo yayoboye Minisiteri y’ububanyi n’amahanga guhera mu mwaka wa 2009 kugeza mu mwaka wa 2018, ubwo yasimburwaga na Dr Richard Sezibera nawe waje gusimburwa na Dr Vincent Biruta.

Yabaye kandi n’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda.

Louise Mushikiwabo yigeze no kuba Minisitiri ushinzwe itangazamakuru.

Le ministre @Vbiruta a reçu Mme @LMushikiwabo, Secrétaire générale de l’@OIFrancophonie, dans le cadre de sa visite officielle au Rwanda. Ils ont échangé sur divers sujets d'intérêt commun. pic.twitter.com/xqwCh2J8Q0

— Ministry of Foreign Affairs & Int'l Cooperation (@RwandaMFA) May 17, 2022

Ku rubuga rwa Twitter rwa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda handitse ko Mushikiwabo yaganiriye na Biruta ku ngingo zirimo uko u Rwanda rwakomeza gukorana bya hafi n’Umuryango ayoboye.

Ibiro bya Louise Mushikiwabo biba i Paris mu Bufaransa.

 

TAGGED:BirutaMushikiwaboRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Akazi K’Abafundi Bari Gusenya Stade Amahoro
Next Article U Rwanda Rwafashe Undi Mwenda ‘Wiyongera’ Ku Yindi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?