Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Louise Mushikiwabo Ari Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Louise Mushikiwabo Ari Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 May 2022 4:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa Louise Mushikiwabo ari mu Rwanda mu ruzinduko ku ikubitiro yahuriyemo na Dr Vincent Biruta uyobora Minisiteri y’ububanyi n’amahanga Mushikiwabo nawe yayoboye ndetse igihe kinini.

Louise Mushikiwabo yayoboye Minisiteri y’ububanyi n’amahanga guhera mu mwaka wa 2009 kugeza mu mwaka wa 2018, ubwo yasimburwaga na Dr Richard Sezibera nawe waje gusimburwa na Dr Vincent Biruta.

Yabaye kandi n’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda.

Louise Mushikiwabo yigeze no kuba Minisitiri ushinzwe itangazamakuru.

Le ministre @Vbiruta a reçu Mme @LMushikiwabo, Secrétaire générale de l’@OIFrancophonie, dans le cadre de sa visite officielle au Rwanda. Ils ont échangé sur divers sujets d'intérêt commun. pic.twitter.com/xqwCh2J8Q0

— Ministry of Foreign Affairs & Int'l Cooperation (@RwandaMFA) May 17, 2022

Ku rubuga rwa Twitter rwa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda handitse ko Mushikiwabo yaganiriye na Biruta ku ngingo zirimo uko u Rwanda rwakomeza gukorana bya hafi n’Umuryango ayoboye.

Ibiro bya Louise Mushikiwabo biba i Paris mu Bufaransa.

 

TAGGED:BirutaMushikiwaboRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Akazi K’Abafundi Bari Gusenya Stade Amahoro
Next Article U Rwanda Rwafashe Undi Mwenda ‘Wiyongera’ Ku Yindi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Abasenateri Babajije Minisante Aho Igeze Ikemura Ubuke Bw’Abaganga

Perezida Wa Misiri Yambitse Umupolisi W’u Rwanda Umudali

Kagame Yihanganishije Abaturage Ba Kenya Kubera Urupfu Rwa Odinga 

Kabila Yashinze Ishyaka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?