Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Lt Gen Mupenzi Yagenzuye Uko Ubukene Bugabanuka Mu Baturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Lt Gen Mupenzi Yagenzuye Uko Ubukene Bugabanuka Mu Baturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2021 3:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka Lieutenant General Jean Jacques Mupenzi yasuye Akarere ka Rusizi asuzuma uko inzego zitandukanye zishyira mu bikorwa gahunda zo gukura abaturage mu bukene.

Nyuma yo kubisuzuma yagiranye inama n’ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi na Nyamasheke bareba uko ziriya gahunda zakomeza gukurikizwa.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Lieutenant Colonel Ronald Rwivanga yabwiye Taarifa ko kuba umusirikare [agira uruhare] mu mibereho myiza y’abaturage ari imwe mu nshingano za RDF.

Lt Col Rwivanga avuga ko hari gahunda nyinshi ingabo z’u Rwanda zigiramo uruhare rigamije kuzamura urwego rw’imibereho y’abaturage.

Yirinze kugira byinshi atubwira ku rugendo rwa Lieutenant General Jean Jacques Mupenzi kuko atarasoma neza ibikubiye mu mbwirwaruhame ye ariko akemeza ko RDF ihora igira uruhare mu gusuzuma niba imibereho y’abaturage izamuka nk’uko Politiki ya Guverinoma ibiteganya.

Mu ruzinduko rwe, Lt Gen Mupenzi yari aherekejwe na Guverineri w’Intara y’i Burengerazuba Alphonse Munyantwari, abayobozi b’Uturere twa Rusizi na Nyamasheke.

Munyantwari yagejeje ijambo ku bari aho
Hari mu nama yitabiriwe n’abayobozi mu nzego zitandukanye za Rusizi na Nyamasheke
TAGGED:featuredGuverineriIntaraMupenziNyamashekeRDFRusizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibya Murenzi Uvugwaho Kuriganya Diaspora Nyarwanda Bigeze He?
Next Article Umubano W’u Burundi N’Umuryango W’u Burayi Uri Kuzanzamuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu

Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?