Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Macron, Le Pen…Uko Amajwi Y’Abashaka Kuyobora u Bufaransa Ahagaze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Macron, Le Pen…Uko Amajwi Y’Abashaka Kuyobora u Bufaransa Ahagaze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2022 8:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amajwi amaze kubarurwa mu biyamamariza kuyobora u Bufaransa kugeza ubu, arerekana ko Emmanuel Macron ari imbere, agakurikirwa na Marine Le Pen. Macron afite 27,6% n’aho Le Pen akagira 23, 41%.

Aya majwi Taarifa icyesha Le Parisien yasohowe na Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu mu Bufaransa.

Yabaruwe muri Komini 12,000. Amatora y’ibanze yabaye kuri uyu wa 10, Mata, 2022, icyiciro cyayo cya kabiri kikazaba taliki 24, Mata, 2022  kandi biteganyijwe ko Emmanuel Macron na Marine Le Pen ari bo bazahatana kuri iriya nshuro.

Ibyavuye mu cyiciro cya mbere cy’aya matora byerekana ko Emmanuel Macron yatowe cyane henshi mu Bufaransa uretse ahitwa Occitanie.

Ikindi ni uko imibare igaragaza ko Macron kuri iyi nshuro, abatuye icyaro batoye Macron cyane ugereranyije n’uko byari bimeze mu mwaka wa 2017.

Marine Le Pen we akunzwe muri Komini 2,000  kandi cyane cyane mu Majyaruguru y’u Bufaransa les Hauts-de-France, ahitwa  le Grand Est no muri Bourgogne.

Umukobwa wa Jean Marie Le Pen kandi akunzwe mu cyaro ugereranyije n’uko bimeze kuri Macron.

Mu Mijyi ntibamutoye nk’uko bimeze mu cyaro.

Icyakora undi mukandida ukunzwe mu Mijyi ni Jean-Luc Mélenchon, uhafite 31% .

Akunzwe kandi ahitwa  Ile-de-France, ahitwa  Auvergne-Rhône-Alpes no muri Occitanie, aho Macron atatowe cyane.

Abafaransa batuye cyane bakorera hanze y’u Bufaransa nabo batoye Mélenchon cyane ugereranyije n’abandi.

Umubano Wa Putin N’Abakandida Mu Matora Ya Perezida W’u Bufaransa Ushobora Guhindura Ibintu

TAGGED:AmatoraBufaransafeaturedMacron
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Hari Ahantu Hibukiwe Jenoside Yakorewe Abatutsi Ku Nshuro YA MBERE
Next Article Indege Ya Habyarimana Igwa Ntitwahise Tubimenya-Tito Rutaremara
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?