Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Madamu Wa Perezida W’u Burundi Ategerejwe Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Madamu Wa Perezida W’u Burundi Ategerejwe Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 July 2023 6:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Angeline Ndayishimiye, umugore wa Perezida w’u Burundi, araza mu Rwanda kwitabira inama mpuzamahanga y’abagore yiswe Women Deliver 2023 Conference.

Nubwo ataje mu Rwanda nk’umuntu woherejwe mu butumwa bw’akazi, ni intambwe yerekana ko umubano hagati ya Kigali na Gitega umeze neza.

Ni ubwa mbere Angeline Ndayishimiye ari bube ageze mu Rwanda kuva umugabo we Evariste Ndayishimiye ageze ku butegetsi.

Si Madamu Angeline ugaragaje ko umubano hagati y’u Rwanda n’Uburundi umeze neza gusa kuko na Perezida Ndayishimiye  mu mpera z’umwaka wa 2022 yigeze kuvuga ko  “nta kintu cyatandukanya Abarundi n’Abanyarwanda.”

Muri Gashyantare, 2023 Perezida Kagame yagiye i Burundi mu Nama y’Abakuru b’ibihugu byo mu Karere u Rwanda ruherereyemo yakirwa na mugenzi we Ndayishimiye.

Byabaye ikimenyetsi ntakuka cy’uko Kigali ishaka gukomeza kubana neza na Gitega .

Kugeza ubu ibihugu byombi byafunguye imipaka kugira ngo ababituye bakomeze kugenderanirana.

Inama ya Women Deliver irafungurwa na Perezida Kagame.

Iritabirwa n’abayobozi bakomeye barimo Madamu Jeannette Kagame, Perezida wa Sénégal Macky Sall, Perezida wa Hungary Katalin Novák, Perezida wa Ethiopia Sahle-Work Zewde, umugore wa Perezida wa Namibie Monica Geingos n’abandi.

TAGGED:AbagoreAngelinefeaturedInamaJeannetteKagameNdayishimiyePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Hungary Yishimiye Kuba Uwa Mbere Usuye u Rwanda
Next Article Katumbi Yasezeye Uwo Bari Bafatanyije Kurwanya Tshisekedi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?