Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Makanyaga Abdoul Arembeye Muri CHUK
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Makanyaga Abdoul Arembeye Muri CHUK

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 December 2022 8:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi uri mu bamaze igihe muri aka kazi kurusha abandi mu Rwanda witwa Makanyaga Abdoul arwariye bikomeye mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali nk’uko kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda kibyemeza.

Mu minsi ishize yari afite igitaramo yakoranye na bagenzi be bagize itsinda ryitwa ‘Vanga inganzo’ bakoreye i Musanze ndetse bakomezanya  mu kindi bari bafite i Rubavu Taliki 24, Ukuboza, 2022 mu ijoro ryishyira Noheli.

Nyuma yacyo yafashwe n’uburwayi yoherezwa mu bitaro bya Gisenyi  ariko birakomera biba ngombwa ko yoherezwa mu bya Kaminuza bya Kigali.

Byakomye mu nkokora akazi yari afite kuri Noheli.

Ubu burwayi bwatumye Makanyaga asubika n’akazi yari afite i Rusizi, aho yagombaga gutaramira ku wa 25 Ukuboza 2022.

Abdoul Makanyaga yatangiye umuziki akiri muto kuko yari afite imyaka 19 y’amavuko.

Kuva icyo gihe kugeza ubu aracyaha Abanyarwanda umuziki wa ‘live’ usobanutse.

Uburwayi nibwo bumukomye mu nkokora .

Ubwanditsi bwa Taarifa buramwifuriza kurwara ubukira.

TAGGED:featuredMakanyagaRubavuUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Peru: Aba Jenerali Batandatu Batawe Muri Yombi
Next Article Umuhinde Yabaye Umuntu Wa Gatatu Ukize Kurusha Abandi Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?