Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Malala Yousafzai Yashatse Umugabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibyamamare

Malala Yousafzai Yashatse Umugabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 November 2021 10:53 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iyi mpirimbanyi ya Politiki ikomoka muri Pakistan yatangarije kuri Instagram ko yashatse umugabo, ubu ari umugore nk’abandi. Yamamaye ku isi ndetse ahabwa igihembo cya Nobel cy’umuntu waharaniwe amahoro kurusha abandi akiri muto nyuma yo guharanira ko abakobwa bo muri kiriya gihugu bajya kwiga nka basaza babo.

Ku myaka 24 y’amavuko Yousafzai, 24 nibwo uyu mukobwa wigeze no kuraswa azizwa guharanira uburenganzira bwa bagenzi be yarongowe.

Igitangaje ni uko hari hashize igihe gito atangarije ikinyamakuru Vogue cyo mu Bwongereza ko atizeye niba azigera ashaka umugabo.

Umugabo we yitwa Asser.

Malala yashakanye na Asser

Umuhango wo kwishimira ubukwe bwabo warabereye i Birmingham bari kumwe n’abo mu muryango wabo.

Ababyeyi ba Yousaffzai aribo  Ziauddin na  Toor Pekai Yousafzai nabo batangaje ko bashimishijwe n’uko umukobwa wabo arongowe n’umusore bakundanye mu gihe kirekire.

Yousaffzai avuga ko n’ubwo mbere nta mugambi wo gushaka yari afite, ariko yaje kuva ku izima nyuma y’uko Nyina amubwiye ko  gushaka ari byiza, ko ari umugisha.

Hari abahungu bo muri Pakistan bamwandikiraga amabaruwa menshi bamusaba umubano.

Malala Yousafzai aracyaharanira ko abakobwa bahabwa uburenganzira mu nzego zitandukanye harimo no kwiga bakaminuza.

Muri iki gihe ari guharanira ko Abatalibani bayobora Afghanistan muri iki gihe baha abakobwa uburenganzira bwo kwiga no gukora imirimo ya Leta nk’uko bimeze kuri basaza babo.

Uyu mukobwa[ubu yabaye umugore] tariki 13, Nyakanga, 2016 yasuye u Rwanda aganira na Perezida Paul Kagame hamwe na Madamu we Jeannette Kagame.

Malala mu mwaka wa 2016 yasuye u Rwanda abonana na Perezida Kagame

Icyo gihe Malala yari ari mu Rwanda mu  ruzinduko rw’iminsi ibiri.

Mu ruzinduko rwe yasuye inkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe, aganira n’impunzi z’Abarundi zahabaga.

Icyo gihe iriya nkambi yabagamo impunzi 74,000.

TAGGED:featuredKagameNobelPakistanUmukobwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Leta Ya Ethiopia Yafunze Abakozi Ba UN
Next Article Mu Rwanda Hadutse Ubundi Buryo Bwo Kwiga Hakoreshejwe Iyakure
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?