Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mali: Abasirikare N’Abasivili Bafitanye Urwikekwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mali: Abasirikare N’Abasivili Bafitanye Urwikekwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 August 2023 10:07 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihe Afurika ihanze amaso ibibera muri Niger, ubu muri Mali n’aho hari urunturuntu hagati y’abasirikare bafashe ubutegetsi ndetse n’abasivili bagize itsinda ryitwa Coordination des mouvements de l’Azawad.

Abo muri iri tsinda bavuga ko abasirikare bari ku butegetsi bashaka gukoresha igitugu gikomeye kandi ngo batangiye kubyerekana.

Babashinja ko baherutse kwica abantu babo babiri.

Abo muri ririya huriro bavuga ko ingabo zafashe ubutegetsi muri Mali zikomeje urugomo ku bantu bose zumva ko batazumva kandi ngo ibi byose bikorwa k’ubufatanye n’abarwanyi ba Wagner.

Hagati aho muri Niger ho haravugwa ubwoba mu baturage nyuma y’uko Abakuru b’ibihugu bya ECOWAS bemeje ko hategurwa itsinda ry’ingabo zihuriweho na biriya bihugu zigomba kujya gukura ku butegetsi abasirikare baherutse kubufata ku ngufu.

TAGGED:AbasivilifeaturedIngaboMali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Peter utazi gushiraho caption Abanya Colombia Bakekwaho Kwica UmunyaPolitiki Wo Muri Equateur
Next Article Min Biruta Muri Ethiopia Mu Biganiro Ku Mubano W’Ibihugu Byombi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?