Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mali Yirukanye Indi Ntumwa Ya UN
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mali Yirukanye Indi Ntumwa Ya UN

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 February 2023 9:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nta mezi arindwi arashira ubuyobozi bw’inzibacyuho bwa Mali butegetse ko Olivier Salgado wari umuvugizi wa MINUSMA kubavira ku butaka. Ubu hatahiwe ushinzwe uburenganzira bwa muntu muri MINUSMA witwa Guillaume Ngefa-Atondoko Andali nawe wasabwe kuhava inzira zikigendwa!

Guillaume Ngefa-Atondoko Andali yari ashinzwe ishami rya MINUSMA rishinzwe uburenganzira bwa muntu no kurinda abaturage.

Ku Cyumweru taliki 05, Gashyantare, 2023 nibwo Umuvugizi wa Guverinoma y’inzibacyuho ya Mali akaba n’Umunyamabanga wa Leta witwa  le colonel Abdoulaye Maïga yagejeje ubutumwa kuri  Guillaume Ngefa-Atondoko Andali bumubwira ko agomba kuzinga utwangushye.

Bamuhaye amasaha 48 ngo abe yabaviriye aho.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bamako imushinja gukora ibikorwa bibangamira imigirire ya Guverinoma kandi bihabanye n’imigenzereze y’umunyapolitiki ihagarariye ikindi gihugu cyangwa umuryango mpuzamahanga muri Mali.

Mali imaze iminsi yereka amahanga ko idashaka ko u Bufaransa n’Umuryango w’Abibumbye bakomeza kugira ijambo mu mikorere ya Bamako.

Ubuyobozi bw’iki gihugu buvuga ko kwivanga mu mikorere yabwo bituma budashyiraho ingamba zihamye zo guhangana n’imitwe y’iterabwoba imaze iminsi ibica.

Si Mali gusa ariko yamagana u Bufaransa kuko na Burkina Faso ari uko.

Burkina Faso iherutse gusaba Mali ko yakwemera ibihugu byombi bikihuza kugira ngo byunganirane mu guhangana n’abakora iterabwoba.

- Advertisement -
TAGGED:BufaransaBurkinaFasoIntumwaIterabwobaMaliUN
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yageneye Turikiya Na Syria Ubutumwa Bubihanganisha
Next Article Rulindo, Musanze, Rusizi: ‘Operation Ikomeye’ Ya Polisi Yo Gufata Urumogi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Inzoka Yitwa Cobra Ni Inyamaswa Iteye Ite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?