Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Melodie Azataramira Abakurikira Ikiganiro ‘Good Morning America’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Melodie Azataramira Abakurikira Ikiganiro ‘Good Morning America’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 March 2024 11:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bruce Melodie arateganya kuzataramira abazitabira ikiganiro Good Morning America kiri mu bikunzwe muri Amerika.

Itangazo ry’ikigo 1.55 AM cyita ku nyungu z’uyu muhanzi rivuga ko Bruce Melodie azataramira abantu bazitabira iki kiganiro gitambuka kuri Televiziyo ABC, akazafatanya na Shaggy mu kubagezaho indirimbo ‘When she is around’.

Muri Werurwe, 2024 aba bagabo bombi bataramiye abakunzi b’umuziki mu Mujyi wa Dallas muri Leta ya Texas mu nzu mberabyombi ya Jingle Ball.

Niwe muhanzi nyarwanda wa mbere utaramye muri iki kiganiro gikorwa n’abanyamakuru Robin Roberts, George Stephanopoulos, Michael Strahan, Lara Spencer na Ginger Zee.

Mu 2022 ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Nielsen Media Research bwanzuye ko iki kiganiro ku mwanya wa mbere mu biganiro bitambuka kuri Televiziyo bikunzwe cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Bruce Melodie na Shaggy baherutse gushyira iriya ndirimbo mu Gifaransa.

TAGGED:AmerikaIgitaramoMelodieShaggy
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kugaburirira Abana Ku Ishuri Byagabanije Abarivamo- MINEDUC
Next Article Kiyovu Yahagaritse Niyonzima Sefu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduro

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Aline Gahongayire Arashaka Kwamamaza Umuziki We Muri Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Papa Arasaba Ko Umugambi W’Amahoro Wo Guhuza Hamas Na Israel Ugerwaho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?