Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Min Biruta Muri Ethiopia Mu Biganiro Ku Mubano W’Ibihugu Byombi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Min Biruta Muri Ethiopia Mu Biganiro Ku Mubano W’Ibihugu Byombi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 August 2023 11:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta yageze i Addis Ababa muri Ethiopia mu ruzinduko rw’akazi.

Ku kibuga cy’indege Bole International Airport yakiriwe n’umwe mu bakozi muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri kiriya gihugu witwa Birtukan Ayano.

Ku rubuga rwa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Ethiopia handitseho ko Dr. Biruta ari buhure n’abayobozi bakuru muri Ethiopia bakaganira ku ngingo zireba imibanire ya Kigali na Addis Ababa ariko bakareba no ku yandi madosiye areba isi muri iki gihe.

Birashoboka cyane ko imwe mu ngingo bari buganireho byimbitse ari umutekano kubera ko Min Biruta aherekejwe n’Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga, Umuyobozi w’Urwego rw’umutekano n’iperereza, NISS, Major Gen Joseph Nzabamwita na Ambasaderi w’u Rwanda i Addis Ababa Major General Karamba

Impande zombi ziganiriye uko umubano wakomeza gutera imbere

Muri rusange umubano hagati y’u Rwanda na Ethiopia umeze neza.

TAGGED:BirutaEthiopiafeaturedKarambaMugangaRwandaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mali: Abasirikare N’Abasivili Bafitanye Urwikekwe
Next Article Niger: Abasirikare Babwiye ECOWAS Ko Nibatera Bazica Perezida Bazoum
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

You Might Also Like

Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?