Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abaturage Bicishije Lieutenant Amabuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abaturage Bicishije Lieutenant Amabuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 April 2021 3:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
A pen & ink drawing by myself of a young masked man throwing a stone in one of the many riot or public disorder situations there are around the world today
SHARE

Umusirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Kongo yarashe abantu babiri barimo umwe wavugwagaho ubujura, hanyuma abaturage nawe baramukuba baramufata bamwambura imbunda barangije bamutera amabuye kugeza apfuye.

Byabereye mu mujyi wa Bunia uri mu Ntara ya Ituri.

Kuri uyu wa Kabiri muri aka gace habereye imidugararo yari mo abaturage bari bahanganye n’abashinzwe umutekano.

Mu gace ka Bunia kitwa Dele haje kuvugwa ko hari bamwe mu baturage wavugwaga ho kwiba ihene ya mugenzi,  abaturanyi bashaka kumufata ngo bamutwike ari muzima.

Umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant warebaga ibyahaberaga yafashe imbunda arasa muri ba bantu isasu rihitana uwavugwagaho ubujura n’abandi bantu babiri.

Abasore n’inkumi bari aho bagize umujinya batora intosho badukira wa musirikare batangira kuzimutera kugeza ubwo aguye hasi bamwambura imbunda, bakomeza kuzimutera kugeza apfuye.

Umuyobozi wa Polisi muri Bunia witwa Abely Mwangu yabwiye Actualité.cd ati: “ Ahagana saa kumi z’umugoroba nibwo twatabajwe abaturage batubwira ko hari imvururu zabereye muri Dele turahurura tuhageze dusanga mu bantu batatu bapfuye harimo umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant muri ngabo z’igihugu cyacu.”

Imbunda ye  abaturage barayimwambuye barayitwara kugeza ubu ntibarayibona.

TAGGED:AbaturageBuniafeaturedPolisiUmuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya Yafunze Televiziyo Izira Kwerekana Filime Irimo Ubusambanyi
Next Article Coventry University Igiye Gufungura Mu Rwanda Ibiro Byayo Muri Afurika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi Rusange

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?