Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisanté Irashaka Gukorana Na Minisiteri Y’Ubuzima Ya Cuba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubuzima

Minisanté Irashaka Gukorana Na Minisiteri Y’Ubuzima Ya Cuba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 March 2024 11:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr.Sabin Nsanzimana uyobora Minisiteri y’ubuzima n’itsinda ayoboye bari muri Cuba mu biganiro na bagenzi babo bo muri Minisiteri y’ubuzima ngo barebe uko hatangizwa imikoranire.

Iyi mikoranire izaba ishingiye ku guteza imbere ubuvuzi, kwigisha abaganga n’ubushakashatsi mu by’imiti.

Ku rubuga rwa X rwa Minisiteri y’ubuzima handitseho ko impande zombi zasinyanye amasezerano y’imikoranire mu nzego zavuzwe haruguru.

Cuba na Israel nibyo bihugu bizwiho kugira abaganga benshi kurusha ibindi ku isi.

Ni igihugu kandi gishora amafaranga menshi mu rwego rw’ubuzima kubera ko imibare yo mu mwaka wa 2024 yerekana ko cyashoye byibura 11.4% by’ingengo yose y’imari y’igihugu.

Ni amafaranga aruta ayo ibihugu byinshi byo ku mugabane w’Amerika y’Epfo( harimo na Brazil) bishora muru uru rwego.

Cuba irusha Leta zunze ubumwe z’Amerika umubare w’abaganga kubera ko ifite abaganga icyenda ku baturage 1000 mu gihe i Washington ho babara abaganga 2.3 ku baturage 1000.

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF, rivuga ko Cuba ari cyo gihugu cye mbere ku mugabane iriho kita ku bana, ingimbi n’abangavu ntibicwe cyane n’uburwayi cyangwa ngo barwaragurike bya hato na hato.

Nk’ubu imibare y’iri shami ivuga ko mu mwaka wa 2023 abana bane ku bana 1000 bo muri Cuba ari bo bapfaga bataragira imyaka itanu y’amavuko.

Ni umubare uri ku rwego rw’iyindi yo mu bihugu bizwiho amajyambere aruta aya Cuba.

U Rwanda narwo ruri mu nzira nk’iyo.

Rushimirwa imbaraga rwashyize mu kugabanya imfu z’abana bapfaga batarageze imyaka itanu n’ababyeyi bapfa babyara ndetse na malaria yaragabanutse ku kigero cya 90 nk’uko biherutse gutangazwa na RBC.

Ubwandu bwa SIDA nabwo bwaragabanutse ubu buri kuri 3%.

Ikibazo cy’ubuzima gihanganyikishije muri iki gihe ni icy’indwara zitandura ziterwa ahanini n’imibereho y’ab’ubu.

Izi zirimo za cancer, umuvuduko w’amaraso, umutima n’izindi.

TAGGED:CubafeaturedNsanzimanaRwandaUbuzima
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasamagera Yagejeje Kuri Perezida wa Djibouti Ubutumwa Bwa Paul Kagame
Next Article Nyungwe Marathon: Isiganwa Muri Nyungwe N’Amaguru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?