Abahakana Jenoside yakorewe Abatutsi bahura n’ingorane nyinshi kubera ko hari ibihamya bidakuka byerekana ko yabaye. Urugero rwaraye rutanzwe ni urw’abaganga 157 babaruwe hirya no hino mu...
Ubwo yatahaga ibitaro bya Masaka byaguwe, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko uruhare u Bushinwa bugira mu kuzamura urwego rw’ubuzima mu Rwanda ari urw’agaciro. Yabivugiye...
Taarifa ifite amakuru avuga ko Paul Rusesabagina umaze iminsi mike muri Qatar ari burare ageze muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Biteganyijwe ko nagera yo azaha itangazamakuru...
Muri Tanzania hamaze iminsi havugwa indwara yitwa Marburg. Kuba yica 88% by’abo yafashe, byatumye inzego z’ubuzima mu Rwanda ziteganya ingamba zo gukumira ko yakwinjira mu Rwanda....
Imibare y’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima ivuga ko mu mwaka wa 2021 hari ubushakashatsi bwakozwe bwerekanye ko 92% by’Abanyarwanda bisuzumisha amenyo ariko abababaza. Iryinyo rirakomera kubera ko...