Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita k’ubuzima, WHO/OMS, rivuga ko mu gihe kiri imbere kandi kitarambiranye ku isi hazaduka ubundi bwoko bwa COVID-19 bwihinduranyije bwandura vuba kandi bukazahaza...
Ikawa ni ikinyobwa gifitiye umubiri w’umuntu akamaro karenze kuba ‘kazumbature y’ubwonko’. Ubushakashatsi bumaze imyaka 10 bukorwa n’abahanga mu butabire bw’ikinyobwa cy’ikawa bwerekana ko uretse kuba ikawa...
Ahitwa Kagugu mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo hagiye kubakwa ikigo kita ku babyeyi( maternity center) kizafasha abagore batwite kubyarira kwa muganga kandi hafi...
Inzego z’ubuzima za Israel zitangaje ko zigiye kubaka ibitaro bigenewe by’umwihariko impunzi zahunze intambara iri kubera muri Ukraine zikaba zikeneye ubuvuzi. Minisitiri w’ubuzima wa Israel witwa...
Mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi u Rwanda hari ibyo rwari rwaragezeho. Hari imihanda ya kaburimbo yari ihari, imiturirwa, ibibuga by’umupira w’amaguru, amashuri n’ibindi. Uwavuga ko nta...